Gen. Muhoozi agiye kwizihiza isabukuru ye y’amavuko afasha abatishoboye

76 0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko ubwo hizihizwaga isabukuru ye y’imyaka 52 y’amavuko, hakusanyijwe arenga miliyari 1 y’amashiringi ya Uganda.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Gen. Muhoozi yavuze ko aya mafaranga agiye gukoreshwa mu bikorwa byo gufasha (gutanga inkunga) abatishoboye, avuga ko mu gihe cya vuga bazatangaza abo bagiye gufasha ndetse bahite babaha sheke ku mugaragaro.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *