Minisitiri Nduhungirehe, umukunzi ukomeye wa Bob Marley

77 0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko ari umufana ukomeye wa nyakwigendera Bob Marley wamamaye mu njyana ya Reggae.

Abinyujije kuri X, Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko nubwo hashize imyaka 45 Bob Marley yitabye Imana, ariko kugeza n’ubu umwimerere w’muziki we uracyumvikana.

Yakomeje amwifuriza gukomeza kuruhukira mu mahoro, ndetse ahishura ko indirimbo ye yitwa ‘No woman no Cry, Natural Mystic, One Love, Zion Train na Bad Card’, ari zo akunda cyane.

Bob Marley yitabye Imana tariki 11 Gicurasi 198, ku myaka 36 y’amavuko azize kanseri y’uruhu.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *