Menyekanisha Impano z’Umwana Wawe muri Summer Special Vacation Program!
Mu gihe abana bari mu biruhuko, ni amahirwe meza yo kubafasha gukoresha neza umwanya wabo, bakiga ibintu bishya bibubaka kandi…
Icyizere Entertainment yateguye igitaramo cya “Summer Chill Out Party” and Promotion
Abakunda imyidagaduro n’umuziki w’imbona nkubone bafite impamvu yo kwitegura ibihe byiza, kuko Icyizere Bar & Restaurant yabateguriye igitaramo cyiswe “Summer…
Ramjaane Joshua yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Abagize Ramjaane Joshua Foundation, bayobowe n’umuyobozi wayo , basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, aho bunamiye inzirakarengane…
Abagize Urban Boys nyuma y’imyaka 8 bongeye guhurira I Kigali
Mu ijoro ryo ku wa 21 rishyira ku wa 22 Nyakanga 2026 ahagana isaha ya saa sita na 45 nibwo abari bagize Itsinda ry’Urban Boys Humble Jizzo…
Maitre Dodian yashyize hanze Indirimbo umurongo ivuga ku buzima buri hanze aha
Umuhanzi nyarwanda Ngarukiyintwali Jean de Dieu Maitre Dodian yashyize hanze indirimbo nshya yise “Umurongo”, igihangano yavuze ko cyavutse mu rwego…
Jose Chameleone yatewe agahinda n’urupfu rw’uwari umugore wa Murumuna we AK47
Uruganda rw’imyidagaduro muri Uganda rwongeye kwibasirwa n’agahinda nyuma y’urupfu rwa Maggie Kaweesi, wahoze ari umugore w’umuhanzi Emmanuel Mayanja, wamamaye nka…
The Ben yatangaje ko yarangije gukorana indirimbo na Jose Chameleone
Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, yatangaje ko yamaze kurangiza gufata amajwi y’indirimbo nshya yakoranye n’umuhanzi…
Kitoko Bibarwa na Bull Dogg bazasusurutsa abazitabira Rayon Day 2026
Abahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe mu njyana za Hip-Hop na Afrobeat, Kitoko Bibarwa na Bull Dogg, bamaze kwemezwa nk’abahanzi bazasusurutsa abazitabira Rayon…
Ibirori by’Agaciro Fashion Gala & Entertainment Awards byimuriwe itariki
Mu gihe abakunzi b’imideli ndetse n’imyidagaduro muri Kigali bari bamaze iminsi bitegura ibirori by’ by’Agaciro Fashion Gala &Entertainment Awards 2026…
