BIRYOGO: Bahangayikishijwe n’umwanda n’umunuko biterwa n’ahapakirwa imyanda hafi y’aho bakorera

108 0

Abacuruzi bakorera mu biryogo mu Murenge wa Nyarugenge Sector bavuga ko bahangayikishijwe n’umwanda n’umunuko biterwa n’ahapakirwa imyanda hafi y’aho bakorera.

Mu marangamutima menshi, bavuga ko imodoka za kampani zitwara imyanda zisigaye zipakirira aho, ariko nyuma yaho hagasigara ibisigazwa by’imyanda n’umunuko ukabije bavuga ko wirukana abakiliya. ibintu bavuga ko biri kubahombya no kwangiza ubucuruzi bwabo.

Basaba ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyarugenge n’inzego zishinzwe isuku gukurikirana iki kibazo, imyanda igatwarwa neza kandi aho ipakirwa hagasukurwa buri gihe kugira ngo ubuzima n’ubucuruzi bwabo bitangirika.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *