Hamenyekanye uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya BET

62 0

Umunyarwenya wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Druski yatangajwe ko ari we uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya BET bizatangwa tariki 28 Kamena 2026 i Los Angeles.

Druski w’imyaka 31 y’amavuko, yahise yandika amateka yo kuba umuntu muto ugiye kuyobora ibi birori kuva ibi bihembo byatangira gutangwa.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *