Rudeboy yahuye n’uruva gusenya

64 0

Mu ijoro ryakeye, umuhanzi wo muri Nigeria, Paul Okoye wamamaye nka Rudeboy yahuriye n’uruva gusenya mu gitaramo yakoreye muri Australia mu ijoro ryakeye, aho yaraye atabashije kuririmba.

Ubwo yari ku rubyiniro ari kuririmba indirimbo ‘Forever’, mu buryo butunguranye yaje guhanuka ku rubyiniro yikubita hasi gusa ku bw’amahirwe nta kibazo yagize.

Abari muri icyo gitaramo, mu butumwa bagiye banyuza ku mbuga nkoranyambaga, bagaragaje ko uku kugwa ahanini kwatewe n’uko yari yambaye amadarubindi yijimye cyane nijoro.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *