Nina Roz mu munyenga w’urukundo

159 0

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Nina Roz yatangaje ko ubu ari mu munyenga w’urukundo n’umusore atifuje gutangaza amazina ye, nyuma yo gutandukana na Daddy Andre.

Nina Roz yavuze ko anyuzwe n’uwo musore kuko amushyigikira muri byose, ndetse akaba afite urukundo.

Yagize ati “Ndi mu rukundo kandi nabonye umuntu unyizereramo bya nyabo. Yazanye urukundo n’ibyishimo, ndetse anshyigikira muri buri kimwe cyose nkora.”

Ibi abitangaje nyuma y’igihe gito Daddy Andre wahoze ari umugabo we, nawe aherutse gusaba no gukwa umugore we mushya.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *