Kuri uyu wa Gatanu  Ish Kevin arataramira aba Islam n’inshuti zabo mu gusoza ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan

302 0

Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda wemeje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026 ari bwo hazaba umunsi mukuru wo gusoza ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan wa Eidil Fitri 2026.

mugutanga ibyishimo ku bakunzi n’abakiriya bayo Paddock Lounge,akabari gakunzwe mu mugi wa Kigali gaherereye Kicukiro kahisemo gusoza uku kwezi gutagatifu kwa Ramadhan  gashimisha abakagana kabazanira umuhanzi Ish Kevin ngo ataramire abazahasohokera

kwinjira muri iki gitaramo ni ubuntu ntuzabure cyangwa ngo ucyererwe ,ushaka kuyoboza cyangwa gukora Resrvation wahamagara : 0788471841

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *