Ese mwari muziko Producer Clement yashyize mu bikorwa ibyo yiyemeje?

88 0

Umuhanga mu gutunganya umuziki mu Rwanda washinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music, Ishimwe Clement yatangaje ko biyemeje gukorera indirimbo ebyiri umuhanzi Gisa Cyinganzo.

Abinyujije kuri Instagram ye, Clement yavuze ko ari icyemezo bafashe nyuma yo kubona urukundo abantu bakunda uyu muhanzi wakunzwe kuva mu myaka yo hambere.

Ni nyuma y’uko yari yasabye abantu ko nibagaragaza ko bifuza ko bashaka ko bongera gukorana indirimbo nyuma y’iyitwa ‘Uruyenzi’ bakoranye mu myaka yashize, bazahita basubira muri studio bakore indi.

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *