Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinée-Conakry, yageze mu Rwanda aho yitabiriye inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika ndetse no hirya no hino ku Isi, izwi nka ‘Africa CEO Forum’ iteganyijwe kuva ku wa 14-15 Gicurasi 2026 muri Kigali Convention Centre.
Ku kibuga cy’indege yakiriwe na Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda.



