King Xavier Shine Man nyuma yo gushyira hanze indirimbo yise “WA mu yipe, Weekend n’ibindi nsinshi”.
Uyu muhanzi Azwi cyane ku njyana ya danse oro nivugwa mu ndimi z’amahanga nka (Dancall).
Uyu muhanzi agiye gushyira hanze indirimbo yise “Grenade” irimo abahanzi batandukanye harimo: Mufti Og, Masanze Gango, MSA”
Iyi ndirimbo nk’uko abayiririmbyemo, batangarije itangazamakuru ko irimo ibyahishwe bigiye guhishurwa akomeza avuga ko igihe kigeze ibyahishwe ngo bihishirwe bitewe nuko King Xavier Man agiye gukosora umuziki nyaRwanda.


