King Xavier Shine Man nyuma yo gushyira hanze indirimbo yise “WA MUTIPE, Weekend n’izindi nsinshi ahishiye abakunzi ibihangano byinshi muri uyu mwaka”.
Uyu muhanzi azwi cyane ku njyana ya dense oro bivugwa mu ndimi z’amahanga nka (Dancall).
Uyu muhanzi King Xavier Shine Man agiye gushyira hanze indirimbo yise “Grenade” irimo abahanzi batandukanye nka: “Mufti Og, Masanze Gango, MSA”
Iyi ndirimbo nk’uko abayiririmbyemo batangarije itangazamakuru ko irimo ibyahishwe bigiye guhishurwa, akomeza avuga ko igihe kigeze ibyahishwe ngo bihishurwe.




