Umuhanzi King Xavier Shine Man  agiye kugeza umuziki nyaRwanda ku rwego mpuzampahanga

187 0

King Xavier Shine Man nyuma yo gushyira hanze indirimbo yise “WA MUTIPE, Weekend n’izindi nsinshi ahishiye abakunzi ibihangano byinshi muri uyu mwaka”.

Uyu muhanzi azwi cyane ku njyana ya dense oro  bivugwa mu ndimi z’amahanga nka (Dancall).

Uyu muhanzi King Xavier Shine Man agiye gushyira hanze indirimbo yise “Grenade” irimo abahanzi batandukanye nka: “Mufti Og, Masanze Gango, MSA”

Iyi ndirimbo nk’uko abayiririmbyemo batangarije itangazamakuru ko irimo ibyahishwe bigiye guhishurwa, akomeza avuga ko igihe kigeze ibyahishwe ngo bihishurwe.

Umuhanzi King Xavier Shine Man
Mu ndirimbo Grenade igiye kujya hanze hazaba harimo udushya twinshi

Related Post

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *