Abaturage ba RDC bafite uburenganzira bwo kuganira ku hazaza h’Igihugu cyabo : Patrick Muyaya
Umuvugizi wa Guverinoma ya Democratic Republic of the Congo (RDC) yavuze ko abaturage bafite uburenganzira bwo kuganira ku hazaza h’igihugu cyabo, ashyigikira gahunda y’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga iri gukurura impaka n’ubushyamirane…
Read More
