Bidasubirwaho: Hamenyekanye ibyaha 3 Yampano akurikiranyweho

308 0

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B Thierry yemeje ko umuhanzi Yampano yatawe muri yombi tariki 16 Gicurasi 2026.

Dr. Murangira yavuze ko Yampano akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho, kunywa ibiyobyabwenge n’ibindi.

Kuri ubu Yampano afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro, mu gihe dosiye ye iri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha.

Related Post

Umusizi Rumaga yahawe umusozi wa Kiruri

Posted by - January 9, 2026 0
Umusizi Rumaga yagabiwe umusozi wa Kiruri ufatwa nk’igicumbi Umusizi  Rumaga  ugeze  kure  umushinga uri gutegura  Iserukiramuco Ngarukamwaka  ndetse  no kubaka…

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *