Jay Polly yasezeye mu nzu yamufashaga ya The Mane

Umuhanzi Jay Polly wabarizwaga mu nzu ifasha abahanzi ya The Mane yamaze gutangaza ko atakiyibarizwamo. Jay Polly abaye umuhanzi wa kabiri utandukanye na kompanyi ifasha abahanzi ya The Mane nyuma ya Safi... Read more »

Rugwiro Herve yongeye gusabirwa igifungo

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi rwumvise ikirego cy’Ubushinjacyaha buregamo umukinnyi wa Rayon Sports, Rugwiro Hervé, aho aregwa kwambuka umupaka akoresheje inyandiko mpimbano no kwambuka mu buryo butemewe n’amategeko. Rugwiro... Read more »

Ange Strawberry yahamije ko ari umutinganyi

Mu minsi ishize kubera imbunga nkoranyambaga benshi mu byamamare yaba abaririmbyi abakina  sinema  ,abanyamuziki   bifuje kumenya amakuru menshi ku  mukobwa  benshi  nka Strawberry . Mbere yuko uyu mwaka  2019  urangira uyu mukobwa... Read more »

Eric Omondi yongeye kwerekana ko yigaruriye imitima ya benshi muri Seka Live (Amafoto)

Umunyakenya Eric Omondi umwe mu banyarwenya bakomeye muri Afurika, yasekeje abanyarwanda bitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Seka Live giherekeza 2019 ubwo yagaragazaga imyitwarire y’umuhanzi w’umunyarwanda Meddy n’umutanzaniya Diamond Platnumz. Yabigarutseho anabigaragaza mu ruhererekane... Read more »

auto ads

Umunyarwenya Eric Omondi yageze i Kigali aho aje gutaramira mu gitaramo cya Seka Live

Umunyarwenya Ukomeye Eric Omondi guturuka mu gihugu cya Kenya yamaze gusesekara mu Rwanda ku nshuro ye ya kabiri aho aje gutaramira mu gitaramo cyo gusetsa kimaze kumenyerwa nka SEKA LIVE kigomba kubera... Read more »

Miss Rwanda abakobwa 6 bazahagarira intara y’Amajyaruguru batashywe ni byishimo (Amafoto)

Ku gicamunsi cy’uyu munsi nibwo amajonjora yo gutoranya nyampinga uzahagararira intara ya majyaruguru yabaye .Nyuma yuko abakobwa 14 batoranyijwe ko aribo bari buhatane birangiye 6 aribo batoranyijwe ngo bakomeze Nyuma yo gutangazwa... Read more »

Ibyamamare mu Rwanda byahuriye mu muhuro wa Kigalihit yizihizaga isabukuru y’imyaka 8.AMAFOTO

Umwaka wa 2011 nibwo urubuga rwa mbere mu Rwanda rwandika amakuru ajyanye n’imyidagaduro arirwo KIGALIHIT.RW rwavutse; Imyaka 8 yose iki gitangazamakuru giha abantu amakuru meza agezweho kandi yizewe, nibyo bituma buri mwaka... Read more »

Live Miss Rwanda : Abakobwa bagomba guhararira intara y’amajyaruguru baramenyekana mu kanya (amafoto)

Ku munsi waryo wa kabiri  irushanwa rya Miss Rwanda ryakomereje  mu karere ka Musanze  aho ijonjora ry’abakobwa bahazagararaira intara y’amajyaruguru  ryakomere muri Hotel La Palme . Akarere  ka Musanze gafite amateka menshi... Read more »

Urban Boys irashinjwa na Swangz Avenue yo muri Uganda gushishura indirimbo Sure ya Vinka

Kompanyi ya Swangz Avenue ireberera inyungu z’abahanzi batandukanye muri Uganda, yakuje ku rubuga rwa Youtube indirimbo “Mood” itsinda rya Urban Boys ryakoranye n’umuhanzi Shellif ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu... Read more »

Jay Polly n’ uwahoze ari Manager we Bosco bongeye guhuriza hamwe imbaraga bashinga akabari

Mu mwaka wa 2016 nibwo  mu myidagaduro yo mu Rwanda  higeze kuvugwa inkuru yashimishije benshi aho umuhanzi  Tuyishime  Joshua  uzwi  nka jay Polly ko yasinyanye amasezerano yo gukora n’umugabo  uzwi nka Nkurikiyinka... Read more »