
Umuhanzi Jay Polly wabarizwaga mu nzu ifasha abahanzi ya The Mane yamaze gutangaza ko atakiyibarizwamo. Jay Polly abaye umuhanzi wa kabiri utandukanye na kompanyi ifasha abahanzi ya The Mane nyuma ya Safi... Read more »

Kuri uyu wa Kabiri, Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi rwumvise ikirego cy’Ubushinjacyaha buregamo umukinnyi wa Rayon Sports, Rugwiro Hervé, aho aregwa kwambuka umupaka akoresheje inyandiko mpimbano no kwambuka mu buryo butemewe n’amategeko. Rugwiro... Read more »

Mu minsi ishize kubera imbunga nkoranyambaga benshi mu byamamare yaba abaririmbyi abakina sinema ,abanyamuziki bifuje kumenya amakuru menshi ku mukobwa benshi nka Strawberry . Mbere yuko uyu mwaka 2019 urangira uyu mukobwa... Read more »

Umunyakenya Eric Omondi umwe mu banyarwenya bakomeye muri Afurika, yasekeje abanyarwanda bitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Seka Live giherekeza 2019 ubwo yagaragazaga imyitwarire y’umuhanzi w’umunyarwanda Meddy n’umutanzaniya Diamond Platnumz. Yabigarutseho anabigaragaza mu ruhererekane... Read more »

Umunyarwenya Ukomeye Eric Omondi guturuka mu gihugu cya Kenya yamaze gusesekara mu Rwanda ku nshuro ye ya kabiri aho aje gutaramira mu gitaramo cyo gusetsa kimaze kumenyerwa nka SEKA LIVE kigomba kubera... Read more »

Ku gicamunsi cy’uyu munsi nibwo amajonjora yo gutoranya nyampinga uzahagararira intara ya majyaruguru yabaye .Nyuma yuko abakobwa 14 batoranyijwe ko aribo bari buhatane birangiye 6 aribo batoranyijwe ngo bakomeze Nyuma yo gutangazwa... Read more »

Umwaka wa 2011 nibwo urubuga rwa mbere mu Rwanda rwandika amakuru ajyanye n’imyidagaduro arirwo KIGALIHIT.RW rwavutse; Imyaka 8 yose iki gitangazamakuru giha abantu amakuru meza agezweho kandi yizewe, nibyo bituma buri mwaka... Read more »

Ku munsi waryo wa kabiri irushanwa rya Miss Rwanda ryakomereje mu karere ka Musanze aho ijonjora ry’abakobwa bahazagararaira intara y’amajyaruguru ryakomere muri Hotel La Palme . Akarere ka Musanze gafite amateka menshi... Read more »

Kompanyi ya Swangz Avenue ireberera inyungu z’abahanzi batandukanye muri Uganda, yakuje ku rubuga rwa Youtube indirimbo “Mood” itsinda rya Urban Boys ryakoranye n’umuhanzi Shellif ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu... Read more »

Mu mwaka wa 2016 nibwo mu myidagaduro yo mu Rwanda higeze kuvugwa inkuru yashimishije benshi aho umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka jay Polly ko yasinyanye amasezerano yo gukora n’umugabo uzwi nka Nkurikiyinka... Read more »