
Umugabo wo muri Kenya, abinyujije muri videwo yashyize ku rubuga rwa X izwi cyane nka Twitter, yavuze ko ashaka umukiriya wamugurira impyiko ye kuri Miliyoni 350 z’Amashilingi ya Kenya. Ni ukuvuga agera... Read more »

Tutitaye ku buryo umwana asa, bakwiriye gukundwa no kwitabwaho. Ikibabaje, ntabwo byari bimeze ku muhungu Kyle wo muri Iyi nkuru. Ababyeyi be babyitwayemo bamubonye akimara kuvuka byarabababaje baramutererana. Amaherezo, baramutaye. Ariko nyuma... Read more »

Umugabo wakomeje kuba imanzi kugeza afite imyaka 71 yabashije kwikingira, Azitira urugo rwe imyaka isaga 55 kugirango yirinde abagore adatakaza ubumanzi bwe hakiri kare. Callitxe Nzamwita yubatse uruzitiro rwa metero 15 ruzengurutse... Read more »

Kigali ni umwe mu mijyi ufite imodoka nyinshi cyane kandi usurwa na benshi baturutse hanze y’u Rwanda, ibinyabiziga bigenda mu mujyi buri munsi hamwe ari nako Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda... Read more »

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko batibuka igihe baherukira kurya ibirayi mu gihe byari ibiryo by’ibanze mu miryango yabo kubera izamuka rikabije ry’ibiciro byabyo, ku buryo ababitekereza bashyira... Read more »

Indwara ya Pseudobulbar Affect (PBA), itera umuntu kutabasha kugenzura ibyiyumviro bye, Akarangwa no gaseka cyangwa akarira n’igihe bitari ngombwa, Uyiziho iki benshi ntibayi? Iyi ni indwara ishobora guterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gukomereka... Read more »

Ishinya nziza idafite ibibazo byo kubyimba no kurwara ni kimwe mu bimenyetso byiza by’imibereho myiza ya muntu muri rusange, Akaba ariyo mpamvu isuku yayo n’umutekano biba bigomba kwitabwaho umunsi ku wundi. Inzobere... Read more »

Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma y’iminsi Ingabo zacyo zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishinjwa kurenga ku nshingano zazijyanye zikabogamira kuri Guverinoma ya Kinshasa. Mu itangazo ry’Ubuyobozi... Read more »

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa aho yahuye n’umuyobozi w’ishyaka rya gikomunisiti rya Shanghai Chen Jining. Biteganijwe kandi ko azahura na Perezida Xi Pinjing, nyuma akazakomereza urugendo rwe muri... Read more »

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »