Abanyeshuri bafashwe basambana ,umuhungu yamwambuye ikariso [IFOTO]

Mu gihugu cya Nigeria umusore n’umukobwa bafashwe amashusho barimo gusambanira mu ishuri mu gihe cyagenewe amasomo. Mu igihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’abanyeshuri babiri bataratangazwa amazina yabo bafatiwe mu igikorwa cy’ ubusambanyi... Read more »

Nta mwuga udakiza! Ashobora kwinjiza 10.000 Frw ku munsi mu gutsirita abagana Sauna

Burya ngo nta mwuga udakiza! Hambere aha natemberaga mu Mujyi wa Kigali, umwe mu yifite isuku ku Isi, nkubitana n’umusore w’imyaka 34 ambwira ko atunzwe no ’gutsirita’ abakiliya baba bagiye muri Sauna-Massage... Read more »

Mutesi Jolly utaherukaga kuvugwa cyane, yongeye gutuma abasore n’abagabo barabya indimi.

The Silver Gala, bimwe mu birori byo gushakira inkunga umuryango wita ku bana batishoboye ‘Sherrie Silver Foundation”, byabereye i Kigali aho ibyamamare ku isi byatambutse kuri ‘red carpet’ mu mideri itandukanye kandi... Read more »

Gukuramo imyenda kugeza no ku ikariso iyo utsinzwe, Kigali hadutse mukino udasanzwe.

Uko u Rwanda rukomeza gutera imbere umunsi ku wundi, hagenda haduka byinshi; gusa byose si ko biba ari byiza rimwe na rimwe ahubwo kubera aho Isi igeze, twisanga hari ibyo twavomye ahandi... Read more »

Ubushinjacyaha bwashyikirijwe Dosiye, iregwamo ka kabari kabyinamo inkumi zambaye ubusa.

Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kugirango bakurikiranwe mu mizi nyuma yo kutishimirwa na benshi. Nyuma yuko abantu batandukanye bagaragaje... Read more »

Menya amateka ya Hetty Greene, wakuriye mu ikariso imwe, kugeza apfuye.

Mu gihe bavuga ko Yesu ari we wakuriye mu ikazu imwe, hari inkuru itangaje y’umugore w’umuherwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika warinze asazira mu ikariso imwe kubera gukunda amafaranga. Mu gihe... Read more »

Dore ibice bizirana cyane n’imibavu, wowe utazi

Abantu benshi muri iki gihe cyane cyane igitsina gore, usanga mbere y’uko bava mu rugo babanza kwitera imibavu kugira ngo bagende bahumura neza mu bandi. Gusa ku rundi ruhande nubwo ari byiza... Read more »

Nyuma yo kwibanira nk’umugore n’umugabo bava inda imwe, bakatiwe imyaka 20.

Mussa Shija na Hollo Shija bo muri Tanzania bakatiwe imyaka 20 muri gereza bazira kubana nk’umugore n’umugabo kandi bazi neza ko ari abavandimwe. Urukiko rw’akarere ka Maswa mu ntara ya Simiyu muri... Read more »

Dutemberane kwa Kabebe mu mugi wa Kigali, Akabari abakobwa babyina bambaye ubusa bakinyaza imbere y’abakiriya.

Biragoye kubyiyumvisha no kwemera ko ari ibintu biriho kandi biganje, ariko Kigali yabaye amahanga. Ibyo usoma muri iyi nkuru, si ukwamamaza, ni uko akariho kavugwa! Byari mu masaha y’umugoroba ahagana i Saa... Read more »

Birasobanutse burya cya Kirangirire kiba kikina gusa, cyariye umwana imitsi, Cyangwe byose abishyize hanze.

Papa Cyangwe ashashe inzobe ashyira ukuri kose hanze ku bibazo bye na Rocky Kimomo, wahoze amubereye Sebuja nyamara amurya imitsi gusa. Hari hashize imyaka itari munsi y’itatu umuraperi Abijuru  King Lewis wamamaye... Read more »