
Mu gihugu cya Nigeria umusore n’umukobwa bafashwe amashusho barimo gusambanira mu ishuri mu gihe cyagenewe amasomo. Mu igihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’abanyeshuri babiri bataratangazwa amazina yabo bafatiwe mu igikorwa cy’ ubusambanyi... Read more »

Burya ngo nta mwuga udakiza! Hambere aha natemberaga mu Mujyi wa Kigali, umwe mu yifite isuku ku Isi, nkubitana n’umusore w’imyaka 34 ambwira ko atunzwe no ’gutsirita’ abakiliya baba bagiye muri Sauna-Massage... Read more »

The Silver Gala, bimwe mu birori byo gushakira inkunga umuryango wita ku bana batishoboye ‘Sherrie Silver Foundation”, byabereye i Kigali aho ibyamamare ku isi byatambutse kuri ‘red carpet’ mu mideri itandukanye kandi... Read more »

Uko u Rwanda rukomeza gutera imbere umunsi ku wundi, hagenda haduka byinshi; gusa byose si ko biba ari byiza rimwe na rimwe ahubwo kubera aho Isi igeze, twisanga hari ibyo twavomye ahandi... Read more »

Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kugirango bakurikiranwe mu mizi nyuma yo kutishimirwa na benshi. Nyuma yuko abantu batandukanye bagaragaje... Read more »

Mu gihe bavuga ko Yesu ari we wakuriye mu ikazu imwe, hari inkuru itangaje y’umugore w’umuherwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika warinze asazira mu ikariso imwe kubera gukunda amafaranga. Mu gihe... Read more »

Abantu benshi muri iki gihe cyane cyane igitsina gore, usanga mbere y’uko bava mu rugo babanza kwitera imibavu kugira ngo bagende bahumura neza mu bandi. Gusa ku rundi ruhande nubwo ari byiza... Read more »

Mussa Shija na Hollo Shija bo muri Tanzania bakatiwe imyaka 20 muri gereza bazira kubana nk’umugore n’umugabo kandi bazi neza ko ari abavandimwe. Urukiko rw’akarere ka Maswa mu ntara ya Simiyu muri... Read more »

Biragoye kubyiyumvisha no kwemera ko ari ibintu biriho kandi biganje, ariko Kigali yabaye amahanga. Ibyo usoma muri iyi nkuru, si ukwamamaza, ni uko akariho kavugwa! Byari mu masaha y’umugoroba ahagana i Saa... Read more »

Papa Cyangwe ashashe inzobe ashyira ukuri kose hanze ku bibazo bye na Rocky Kimomo, wahoze amubereye Sebuja nyamara amurya imitsi gusa. Hari hashize imyaka itari munsi y’itatu umuraperi Abijuru King Lewis wamamaye... Read more »