Umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One Direction ryamamaye cyane mu myaka yashize yitabye Imana ku myaka 31. Urupfu rwa nyakwigendera rwamenyekanye kuri uyu wa gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, aho... Read more »
Umuraperikazi w’umunyamerika Nicki Minaj, yanyomoje amakuru yavugaga ko agiye gufata ikiruhuko mu muziki. Mu butumwa yacishije kuri X, yavuze ko ntaho ateze kujya, bityo ko abakunzi be bareka gukuka umutima. Nicki Minaj... Read more »
Abahanzi nyarwanda Safi Madiba na Emmy bataramiye abakunzi babo muri leta ya Arizona, mu Mujyi wa Phoenix, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Safi madiba urikuzenguruka imijyi itandukanye akora ibitaramo mu myiteguro... Read more »
The Silver Gala, bimwe mu birori byo gushakira inkunga umuryango wita ku bana batishoboye ‘Sherrie Silver Foundation”, byabereye i Kigali aho ibyamamare ku isi byatambutse kuri ‘red carpet’ mu mideri itandukanye kandi... Read more »
Umuraperi Bull Dogg yihaye intego yo kudatuma umuryango wa mugenzi we Jay Polly babanaga muri Tuff Gang uzima cyangwa ngo wibagiranye ahubwo ugahora unezerewe ndetse uhabwa agaciro ukwiriye. Aya masezerano Bull Dogg... Read more »
Musanze : Abahanzi baranzwe n’udushya ku munsi wa mbere w’ibitaramo bya “MTN Iwacu Muzika Festival”.
Abahanzi barimo Bwiza ndetse na Danny Nanone bari mu bahanzi berekanye udushya cyane mu gitaramo cyabereye i Musanze, ku munsi wa mbere w’ibitaramo “MTN Iwacu Muzika Festival” bigomba kuzenguruka igihugu. Kuri uyu... Read more »
Umuhanzikazi Bwiza ari nawe mukobwa yakoze ugakoryo mu gitaramo cyatangije uruhererekane rw’ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byatangiriye mu karere ka Musanze. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 Kanama 2024, Mu... Read more »
Umunyamakuru Yago ukomeje kurwana intambara zitoroshye n’abanzi be avuga ko bamurwanya, yamaze kuba ashyira hanze amashusho avuga ko ari ay’umunyamakuru wo kuri Youtube Djihad ari mu ngeso mbi yo kwikinisha. Innocent NYARWAYA... Read more »
Yago Pon Dat yahishuye ko agiye kwimukira mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda ahunze abanzi be n’ababa muri Show biz batigeze bamwishimira ahubwo bahoze bamurwanya ndetse bakanamuhemukira. Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Innocent NYARWAYA wamenyekanye... Read more »
Umuhanzikazi Marina Deborah utaherukaga kuvugwa cyane muri Showbiz nyarwanda, yongeye kugaruka anasigira abanyarwanda umukoro wo kumwibazaho no ku mutekereza mu buryo bishakiye. Uyu muhanzi nyuma y’iminsi micye asohoye indirimbo ye nshya yise... Read more »