“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

Niyo Bosco Yasinye muri Kikac Music isanzwe ifasha Bwiza.

Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Bwa mbere yemeje ibyerekeye Umukunzi we, avuga ku ntambara ivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie.

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »

Umunyamideli  Judith Heard yagiriye inama  Abakobwa bakiri batoya

Umunyamideli  Kantengwa Judith wamenyekanye nka Judith Heard nk’umunyamideli umwe  bakomeye muri Uganda ndetse akaba afite inkomoko mu Rwanda avuga ko mu bintu bimubabaza kurusha ibindi ari ukubona abana b’abakobwa barara mu kabari... Read more »

Eddy Kenzo yashimiye  Perezida Museveni nyuma yo kubatera inkunga ya Miliyari 20

Umuhanzi  Eddy Kenzo kuri   uyu  wa mbere w’iki cyumweru yagiranye yagiranye  ibiganiro  byihariye  na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Eddy Kenzo wari ufite akanyamuneza mu nyandiko ye, yabwiye abamukurikira... Read more »

Shaggy na Bruce Melodie bagiranye ibiganiro  muri  Amerika

Shaggy na Bruce Melodie baherutse gukorana indirimbo bise ’When she is around’ bahuye imbonankubone nyuma y’igihe bavugana kuri telefone ariko batarabonana amaso ku yandi. Aba bahanzi bahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za... Read more »

Ariel wayz yateye umutoma Juno kizigenza ku isabukuru ye y’amavuko

Umuhanzi Juno Kizigenza umwe mu bakunzwe cyane kuri uyu munsi nibwo yizihije isabukuru y’amavuko. Uyu muhanzi abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga yatangaje yatangaje ko yagize isabukuru. Nyuma yo gutangaza ibyo umuhanzikazi Ariel... Read more »

Massamba yitabiriye ihuriro rizahuza urubyiruko rw’abanyarwanda muri Canada

Umuhanzi akaba n’umwe mu nkingi za mwamba mu  muziki wa Gakondo  Massamba Intore  yafashe rutemikirere yerekeza  mu gihugu cya Canada aho  azaririmba  mu  Ihuriro ry’urubyiruko rw’abanyarwanda  ryiswe  “ The  @023  Rwanda  Youth... Read more »

Umuhanzi Bebe Cool  yaje I Kigali

Umuhanzi Moses Ssali uzwi nka  Bebe  Cool ni  mu bahanzi  bakomeye  muri gihugu cya  Uganda ndetse na hano mu karere  ari  mu Rwanda  aho yaje mu bikorwa  bye bwite . Amakuru  atugeraho... Read more »