Yize hamwe n’umugabo we , Dore ibintu 10 ushobora kuba utaruzi kuri Butera Knowless

Butera Knowless ni umwe mu bahanzi b’intangarugero mu mateka ya muzika nyarwanda, impano ye, umuziki we ndetse n’urwego rwo kwamamara kwe biri ku rwego rw’indashyikirwa. Gusa uyu muhanzikazi unyura benshi binyuze mu... Read more »

Nta mwuga udakiza! Ashobora kwinjiza 10.000 Frw ku munsi mu gutsirita abagana Sauna

Burya ngo nta mwuga udakiza! Hambere aha natemberaga mu Mujyi wa Kigali, umwe mu yifite isuku ku Isi, nkubitana n’umusore w’imyaka 34 ambwira ko atunzwe no ’gutsirita’ abakiliya baba bagiye muri Sauna-Massage... Read more »

Abaraperi 10 bakomeye bakomoka mu karere Ka Kicukiro

Bijya bibaho ugasanga agace runaka kihariye impano nyinshi mu bintu runaka : Siporo,umuziki,ubukorikori,n’ibindi byinshi. ni ibisanzwe ko muri HipHop buri gace kaba gafite abaraperi bakomeye bahaboneye izuba cyangwa se bahamenyekaniye. Muri iyi... Read more »

Consumers Choice Awards 2025 ibigo byahize ibindi mu gutanga serivise zinoze byashimiwe (Amafoto)

Ibigo icyenda bikorera mu Rwanda byashyikirijwe ibihembo bya Consumers Choice Awards bitegurwa na Sosiyete ya Karisimbi Events, bishimirwa umuhate bishyira mu gutanga serivisi zinoze ndetse no gufata neza ababigana. bi bihembo byatanzwe... Read more »

Amashirakinyoma ku mpeta yambitswe inkindi Aisha uzwi muri cinema nyarwanda.

Ese koko inkuru y’urukundo rutunguranye rwavuyemo no kwambikana impeta yaba ari iya nyayo? nkuko byibazwa na benshi mu bakunzi b’imyidagaduro mu Rwanda. Inkuru yatangaje benshi mu bakurikirana imyidagaduro yo mu Rwanda, ni... Read more »

“DRC ntiyakabaye igisabiriza, ifite umutungo kamere uhagije” Perezida Kagame.

Umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul Kagame asanga Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye kuba ku rutonde rw’ibihugu bifashwa n’amahanga nyamara yakabaye yihagije cyane ko yigwijeho umutungo kamere benshi badafite.... Read more »

Ku bufatanye na Zacu TV umuhanzi Juno Kizigenza yinjiye mu gukina Filime

ZACU TV, shene ya CANAL+ inyuraho seri na filime nyarwanda, yamuritse imishinga mishya inyuranye yo muri 2025, harimo na filime ya Muzika izagaragaramo umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bakunzwe muri iyi minsi.... Read more »

Ikipe y’igihugu Amavubi yasesekaye i Kigali kwitegura Nigeria.

Ikipe y’Igihugu Amavubi akubutse i Tripoli muri Libye yageze mu Rwanda kwitegura umukino w’umunsi wa kabiri ifitanye na Nigeria mu mikino yo gushaka Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc. Ku... Read more »

Gukuramo imyenda kugeza no ku ikariso iyo utsinzwe, Kigali hadutse mukino udasanzwe.

Uko u Rwanda rukomeza gutera imbere umunsi ku wundi, hagenda haduka byinshi; gusa byose si ko biba ari byiza rimwe na rimwe ahubwo kubera aho Isi igeze, twisanga hari ibyo twavomye ahandi... Read more »

Nyuma y’imyaka 10 ubunararibonye bafite barashaka kubwifashisha mu gufasha ibindi bihugu byo mu mahanga

Birumvikana nk’intambwe idasanzwe! Kuko mu myaka ishize byasabaga amezi atandatu kugirango ku rubuga Irembo hongerwemo serivisi nshya abaturage bakeneye, ariko kuri iyi nshuro bisaba iminsi, kandi hanatangiye ubukangurambaga bugamije gusaba buri wese... Read more »