Dj Manzi yasohoye indirimbo yandikiwe na Meddy-VIDEO

Umunyarwanda utuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, DJ Manzi, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Leyila”, ikaba ari indirimbo yahawemo impano n’umuhanzi Ngabo Medard uzwi nka Meddy. Ni indirimbo yari amaze igihe... Read more »

Ku bufatanye na Zacu TV umuhanzi Juno Kizigenza yinjiye mu gukina Filime

ZACU TV, shene ya CANAL+ inyuraho seri na filime nyarwanda, yamuritse imishinga mishya inyuranye yo muri 2025, harimo na filime ya Muzika izagaragaramo umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bakunzwe muri iyi minsi.... Read more »

Ikipe y’igihugu Amavubi yasesekaye i Kigali kwitegura Nigeria.

Ikipe y’Igihugu Amavubi akubutse i Tripoli muri Libye yageze mu Rwanda kwitegura umukino w’umunsi wa kabiri ifitanye na Nigeria mu mikino yo gushaka Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc. Ku... Read more »

Gukuramo imyenda kugeza no ku ikariso iyo utsinzwe, Kigali hadutse mukino udasanzwe.

Uko u Rwanda rukomeza gutera imbere umunsi ku wundi, hagenda haduka byinshi; gusa byose si ko biba ari byiza rimwe na rimwe ahubwo kubera aho Isi igeze, twisanga hari ibyo twavomye ahandi... Read more »

Nyuma y’imyaka 10 ubunararibonye bafite barashaka kubwifashisha mu gufasha ibindi bihugu byo mu mahanga

Birumvikana nk’intambwe idasanzwe! Kuko mu myaka ishize byasabaga amezi atandatu kugirango ku rubuga Irembo hongerwemo serivisi nshya abaturage bakeneye, ariko kuri iyi nshuro bisaba iminsi, kandi hanatangiye ubukangurambaga bugamije gusaba buri wese... Read more »

Bull Dogg yihaye intego ihambaye, ku muryango wa Jay Polly umaze imyaka 3 yitabye Imana.

Umuraperi Bull Dogg yihaye intego yo kudatuma umuryango wa mugenzi we Jay Polly babanaga muri Tuff Gang uzima cyangwa ngo wibagiranye ahubwo ugahora unezerewe ndetse uhabwa agaciro ukwiriye. Aya masezerano Bull Dogg... Read more »

Musanze : Abahanzi baranzwe n’udushya ku munsi wa mbere w’ibitaramo bya “MTN Iwacu Muzika Festival”.

Abahanzi barimo Bwiza ndetse na Danny Nanone bari mu bahanzi berekanye udushya cyane mu gitaramo cyabereye i Musanze, ku munsi wa mbere w’ibitaramo “MTN Iwacu Muzika Festival” bigomba kuzenguruka igihugu. Kuri uyu... Read more »

Mu mwambaro w’abacuruza ama unite, Bwiza yahaye ibyishimo abanya Musanze, muri “MTN Iwacu Muzika Feastival”.

Umuhanzikazi Bwiza ari nawe mukobwa yakoze ugakoryo mu gitaramo cyatangije uruhererekane rw’ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byatangiriye mu karere ka Musanze. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 Kanama 2024, Mu... Read more »

Inoti za 5000 na 2000 zari zisanzweho, zigiye guhindurwa.

Kuri uyu wa gatanu hasohotse iteka rya perezida n° 073/01 ryo ku wa 29/08/2024 rishyiraho inoti nshya ya frw 5.000 n’iya frw 2.000 nk’uko bikubiye mu igazeti ya Leta nomero idasanzwe yo... Read more »

Amashusho Yago yasohoye, avuga ko ari aya Djihad arimo yikinisha yaciye ibintu kuri Twitter. {Amafoto+Videwo}

Umunyamakuru Yago ukomeje kurwana intambara zitoroshye n’abanzi be avuga ko bamurwanya, yamaze kuba ashyira hanze amashusho avuga ko ari ay’umunyamakuru wo kuri Youtube Djihad ari mu ngeso mbi yo kwikinisha. Innocent NYARWAYA... Read more »