Ikipe y’igihugu Amavubi yasesekaye i Kigali kwitegura Nigeria.

Ikipe y’Igihugu Amavubi akubutse i Tripoli muri Libye yageze mu Rwanda kwitegura umukino w’umunsi wa kabiri ifitanye na Nigeria mu mikino yo gushaka Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc. Ku... Read more »

Amavubi yitezweho byinshi n’abanyarwanda, yamaze gutangira umwiherero wo gutegura imikino afite.

Ikipe y’iguhugu y’u Rwanda, Amavubi yitezweho byinshi n’abanyarwanda cyane ko yerekanye ko yivuguruye, yamaze gutangira umwiherero ugamije kwitegura neza imikino afite na Libya ndetse na Nigeria. Amavubi yagerageje kwitwara neza mikino ibanza... Read more »

Mu muziki mwinshi, Dj Brianne, Bushali n’abandi batanze ibyishimo muri “Rayon Day”.

Mu birori bibereye Ijisho “Rayon Day” yagenze neza ndetse abakunzi ba Rayon Sports bataha batabishaka, Nyuma yo guhatwa umuziki n’abarimo Bushali uri mu bahanzi nyarwanda bakunzwe cyane muri iyi minsi. Ni ibirori... Read more »

Luvumbu Nzinga amaze guhagarikwa na ferwafa

Nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaje ku mukino ikipe ya Rayons Sports yahuyemo na Police FC, umukinnyi Luvumbu Nzinga ukomoka mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  yahanishijwe guhagarikwa amezi atandatu adakandagira mu... Read more »

Rayon Sports yitandukanyije n’imyitwarire ya Rutahizamu wayo Hertier Luvumbu Nzinga

Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Gashyantare 2024, Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yitandukanyije n’imyitwarire y’umukinnyi wayo Hertier Luvumbu Nzinga, ubwo yishimiraga igitego mu mukino batsinzemo Police FC. Ni imyitwarire yaranze... Read more »

Kiptum wari nimero ya mbere ku Isi muri Marathon n’umutoza we w’umunyarwanda bitabye Imana

Umunyarwanda Hakizimana Gervais n’umukinnyi yatozaga gusiganwa ku maguru w’Umunyakenya, Kelvin Kiptum wari ufite agahigo ku gusiganwa Marathon mu gihe gito ku Isi, bitabye Imana baguye mu mpanuka yabereye muri Kenya. Ni impanuka... Read more »

Yambariwe n’ibyamamare bitandukanye, Kimenyi Yves yasabye anakwa Miss Muyango Claudine. {Amafoto}

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi... Read more »

Skol yatanze inkunga ihambaye y’ibikoresho bya Siporo muri Ferwacy. (Amafoto)

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd rusanzwe ari umuterankunga mukuru wa Rayon Sports yo mu kiciro cya mbere muri Shampiyona y’ U Rwanda rwahaye impano zikomeye ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Ferwacy. Iki... Read more »

Stade Amahoro igeze mu isozwa {Amafoto}.

Uburanga bwa Stade Amahoro imaze igihe iri gutunganywa buteye amabengeza kuri buri wese uyibonye, Amakuru meza ku banyarwanda bose bazayifashisha mu bijyanye n’imyidagaduro yose. Kugeza ubu Stade Amahoro imaze igihe kinini Minisiteri... Read more »

Jurriën David Norman  wa Arsenal  yasuye  Urwibutso rwa Jenoside  rwa Gisozi

Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, wageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’iyi kipe yo muri... Read more »