
Umuhanzi wo muri Nigeria Ikechukwu Eric Ahiauzu uzwi kw’izina rya Ric Hassani waraye ageze I kigali aje kwitabira igitaramo cya Fantasy Music Concert cyateguwe n’itsinda rya Symphony Band. Yakiriwe n’abasore bagize iri... Read more »

Virgil Abloh, umuyobozi w’ubuhanzi wa Louis Vuitton akaba ari nawe washinze label yerekana imideli ya Off-White, yapfuye azize kanseri afite imyaka 41. Mu kwerekana ayo makuru, isosiyete ikora imideli y’abafaransa LVMH yavuze... Read more »

Umuhanga mu gutungaya amashusho ya zimwe mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda Tuyishime Fayçal Hassan uzwi nka Fayzo pro ku itariki 27 Ugushyingo nibwo yizihije isabukuru y’imyaka 31 amaze abonye izuba , Kuri uwo... Read more »

Kuri uyu wa kane tariki ya 25 Ugushyingo 2021, Christian Communications yamuritse ku mugaragaro ibihembo byiswe Sion Awards bizajya bitangwa bigahabwa abahanzi n’amatsinda akora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Abategura ibi... Read more »

Oboy Siki usanzwe ari umukinnyi wa filimi ukomeye muri Ghana, yabwiye itangazamakuru ko amaze gukorana imibonano mpuzabitsina n’abagore bagera mu bihumbi bitatu (3 000) bituma benshi bikanga. Uyu mukinnyi wa film muri... Read more »

Umuhoze ari umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate avuga ko aramutse yongeye kubona amahirwe yo kuyobora iyi kipe atabyemera kuko uretse ibibazo nta kindi yahuriyemo nacyo. Munyakazi Sadate yatorewe kuyobora Rayon Sports... Read more »

Burya kwinjira mu rukundo, bisaba kubanza kumenya neza umuntu mugiye gukundana cyane cyane ku mukobwa akwiye kubanza kwitegereza imico n’imyitwarire y’umusore ugiye kwigarurira umutima we. Ubu busesenguzi yihutira gukora mu minota mike... Read more »

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu barinubira kubura aho bashyingura ababo bapfuye,bakaba basaba ubuyobozi bw’aka karere kubashakira irimbi ryo gushyinguramo ngo dore ko niryo bifashishaga ryo mu Karundo ryamaze kuzura.... Read more »

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yafashwe n’ibitotsi arasinzira ubwo yari mu Nama ya 26 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku ihindagurika ry’ibihe, COP 21, yabereye i Glasgow muri Écosse. Amashusho... Read more »

Inzu ifasha abahanzi ya The Mane Music yashinzwe na Mupende Ramadhan uzwi nka Bad Rama yashyizeho umuyobozi mushya ushinzwe ibikorwa ari we Rutaganda Joel. Mu itangazo ryashyizwe umukono n’umuyobozi wa The Mane... Read more »