Fame Lounge yorohereje abakliya bayo ibagezaho ibyo kurya mu rugo mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya COVID-19.

Mu gihe  abanyarwanda  ndetse n’isi yose  bahangayikishijwe  n’icyorezo cya  Covid -19  aho kimaze guhitana umubare  w;abantu batari bake mu bice byose  kw’isi  ndetse  bigatuma Guverinoma nyinshi zitanga amabwiriza yo  kudasohoka mu rugo mu Rwego rwo kwirinda   icyo cyorezo cya Corona Virus .

Ku mugoroba wo ku wa 21 Werurwe 2020 nibwo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko kubera intera icyorezo cya Coronavirus kimaze gufata, imipaka yose ifunzwe, ko abadafite ibikorwa byihutirwa cyangwa abashobora gukomeza akazi bagomba kuguma mu rugo mu gihe cy’ibyumweru bibiri gishobora kongerwa, mu gukumira ikwirakwira rya Coronavirus.

Nyuma yaho iri tangazo rigiye hanze  byatumye bantu benshi cyane cyane e abibana batangiye kugira ikibazo cy’uko bazajya babbabona mafunguro  muri icyo gihe ibikorwa byinshi mu mujyi wa Kigali bizaba   bifunze .

Mu rwego rwo gukomeza kuba hafi abakiliya  bako  Fame Lounge Nyakabanda nyuma yo  kumva ayo mabwiririza akomeye gutyo  yahise ishyiraho  uburyo bworoshye bwo gukomeza kuba hafi  abakiliya babo muri iki gihe aho yabashyiriyeho uburyo bwo  kubagezaho  amafunguro atandukanye  ndetse n’ibinyobwa  bitandukanye bari basanzwe bahafatira.

Mu kiganiro na Uhujimfura Jean Claude  wo muri Fam Lounge yadutangarije  ko muri iyi minsi  abanyarwanda benshi bari muri Gahunda ya Guma Mu rugo bashyizeho  serivise yo  kubasangishga ibyo  bifuza   byose  mu ngo zabo mu rwego rwo  gukomeza  kubahiriza amabwiriza ya leta yo kutegerena  ari abantu aho  abafite Restaurant n’utubari  bahawe mabwiriza yo kujya bategura amafunguro bakayageza  ku bakiliya babo aho bari  mu rugo .

Yagize  ati “ nyuma y’uko amabwiriza agiye hanze banshi mu bakiliya bacu badusabye ko twajya  tubagezaho  amwe mufunguro  ndetse n’ibinyobwa byo muri Fame  Lounge akab ariyo mpamvu twashyizeho serivise twise Fame Lounge  Home Delivery aho  umuntu wese atubwira icyo  yifuza  tukakimushyikira mu  rugo mu gihe gito cyane  .

Yasoje asaba  abaliliya babo  ko igihe cyose bakora kuva  mu gitondo  kugeza ninjoro aho  uwaba yifuza gutumiza amafunguro  ndetse n’icyo kunywa ashobora  guhamagara kuri numero zikurikira  0783206153 cg 0786141133 na 0784269586 .

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *