
Miss Confidence ni umuhanzikazi w’umunyarwand ariko ukorera muzika ye ndetse n’ibindi bikorwa bye mu gihugu cya Uganda uyu mukobwa wamenyekanye mu ndirimbo Knock Knock .umbona ute yakoranye na Fireman ndetse na Africa ndetse n’izindi yashyize hanze amashusho n’amajwi by’Indirimbo ye Rwanda Nziza
Mu kiganiro n’abanyamkuru Miss Confidence yadutangarije ko nyuma y’igihe kinini Atari kumvikana mu muzika ya Hano mu Rwanda hari byinshi yarahugiyemo yagombaga kubaza kurangiza gusa yakomeje atubwira ko ubu afite indirimbo zigera kuri enye nshya ariko atarashyira hanze .
Muri izo ndirimbo yatwemereye ko imwe yamaze gushyira hanze amashusho yayo ari Rwanda Nziza indirimbo yakoze ashaka kwerekana ibyiza bitatse urwi misozi igihumbi ,aho yagiye agaruka ku bice nyaburanga by’U Rwanda .
Yakomeje agira ati ubu ni igihe cyo gukora cyane muzika ifite ubutumwa igeze ku banyarwanda akab ariyo mpamvu nahereye kuyirata ibyiza by’I Rwanda ariko gusa akab afite nindir ndirimbo y’icunamo akaba yatubwiye ko yo azayishira hanze umwaka Utaha ubwo abanyarwanda bazaba bibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994.
Miss Confidence Mu gusoza yasabye abakunzi be gukomeza kumuba hafi kandi abizeza ko ubu ababikiye byinshi azabagezaho mu Gihe cya Vuba cyane
kanda hano urebe amashusho ya Rwanda Nziza