Miss Confidence yashyize hanze amashusho y’indirimbo Rwanda Itaka ubwiza bw’U Rwanda

Miss Confidence ni umuhanzikazi w’umunyarwand ariko ukorera muzika ye  ndetse  n’ibindi bikorwa bye mu gihugu cya Uganda uyu mukobwa wamenyekanye mu ndirimbo Knock Knock  .umbona ute yakoranye na Fireman ndetse na Africa    ndetse n’izindi yashyize hanze amashusho n’amajwi by’Indirimbo ye Rwanda Nziza

Mu kiganiro n’abanyamkuru  Miss Confidence yadutangarije ko  nyuma y’igihe kinini Atari kumvikana mu muzika ya Hano mu Rwanda hari byinshi yarahugiyemo  yagombaga kubaza kurangiza  gusa yakomeje atubwira ko ubu afite indirimbo zigera kuri enye nshya ariko atarashyira hanze .

Muri izo ndirimbo  yatwemereye ko imwe yamaze gushyira hanze amashusho yayo ari Rwanda Nziza  indirimbo yakoze ashaka kwerekana ibyiza  bitatse urwi misozi igihumbi  ,aho yagiye agaruka ku bice nyaburanga by’U Rwanda   .

Yakomeje agira ati ubu ni igihe  cyo gukora  cyane muzika ifite ubutumwa igeze ku banyarwanda akab ariyo mpamvu nahereye kuyirata ibyiza by’I Rwanda ariko gusa akab afite nindir ndirimbo y’icunamo akaba yatubwiye ko yo azayishira hanze umwaka Utaha ubwo abanyarwanda bazaba bibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994.

 

Miss Confidence Mu gusoza yasabye abakunzi be gukomeza kumuba hafi kandi abizeza ko ubu  ababikiye byinshi azabagezaho mu Gihe cya Vuba  cyane

kanda hano urebe amashusho ya  Rwanda Nziza

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *