Mu Rwanda haje ikigo cyorohereza abanyarwanda n’abanyamahanga kugura amatike kuri murandasi

Mu gihe mu Rwanda  ibikorwa  bijyanye  n’ubukerarugendo  bikomeje gutera imbere  ari nako Leta  isaba urubyiruko  gukomeza kwihangira umurimo mu rwego rwo kwiteza imbere  mu iterambere rirambye n’muri urwo rwego mu rwanda hagiye gutangira urubuga  rwa www.triprwanda.rw  mu rwego rwo gufasha abanyarwanda n’abanyamahanga  kubona serivise zo kugura amatike y’indege , aya bus zikorera mu gihugu hagati ,gufasha abakerarugendo mu bikorwa  bagirira mu Rwanda .

Mu kiganiro na Iradukunda Olivie, Hirwa Mursali bamwe  mu bashinze urwo rubuga yadutangarije ko  batekereje gushing  urwo rubuga mu rwego rwo korohereza abanyarwanda ndetse  n’inshuti z’u Rwanda  uburyo bajya  bigurira  amatike yaba ayi ndege ,ayimodoka  zijya mu ntara na handi mu karere k’Afurika y’iburasirazuba ndetse no kubashakira amahoteri  ni bindi byinshi bifite aho bihuriye n’umukerarugendo  batarinze  kujya gutonda  imirongo ku biro .

Yakomeje  avuga ko yizera ko urubuga rwabo ruzorohereza benshi kuko kugeza ubu  bamaze kurushyira  muri telefoni  zigendanwa  aho  umuntu ashobora  gukora ibyo byose dukora   atarinze kuva mu rugo aho ashobora kwishyura ibyo yifuza  atavuye mu rugo .

Uwifuza gukoresha uru rubuga  ashobora kujya kuri www.rwandatrip.rw cya ugashaka uburyo buzwi nka Download ya Application yabo kuri telefoni yawe ngendenanwa ukoresheje ijambo Triprwanda maze ukigurira icyo ukeneye .

Kandav hano uhite ubona uko udownloading applicatio ya Rwanda Trip

https://play.google.com/store/apps/details?id=com.triprwanda

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *