Umuhanzi nyarwanda Dayz Nella ubarizwa muri Australia yashyize hanze indirimbo nshya

Dayz Nella ni umuhanzi nyarwanda uba mu gihugu cya Australia yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Nakupenda’ iri mu rurimi rw’Igiswahili. Dayz Nella ashyize hanze iyi ndirimbo ye nshya nyuma y’imyaka isaga 6 adasohora indirimbo.

uyu muhanzi Dayz Nella azwi mu ndirimbo zitandukanye zirimo; ‘On the phone’, ‘Pain in my Blood’, ‘On my way’ na ‘Birambabaza’ yashyize hanze mu mwaka wa 2013. Kuri ubu uyu muhanzi yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Nakupenda’ nyuma y’imyaka isaga 6 atumvikana mu muziki. Dayz Nella yadutangarije ko mu byo ateganya mu minsi iri imbere harimo gukora ‘Mixtape’ izaba iriho indirimbo ziri mu Kinyarwanda, Igiswahili n’izindi ndimi zitandukanye.

KANDA HANO WUMVE ‘NAKUPENDA’ INDIRIMBO NSHYA YA DAYZ NELLA

REBA HANO ‘ON THE PHONE’ YA DAYZ NELLA

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: Nsanzabera Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *