
Umuhanzi Diamond Platnumz n’itsinda rimuherekeje yangiwe kwinjira mu birwa bya Comoros gukorerayo ibitaramo kubera adafite icyangombwa yahawe n’ikigo cya BASATA kigenzura ibyerekeye ubuhanzi mu gihugu cya Tanzaniya. Gusa byarangiye uyu muhanzi yerekeje... Read more »

Umushabitsi akaba n’umwe mu bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, Zari Hassan yagaragaje ko hari abashyitsi atifuza mu rugo rwe mu gihe hari abamaze igihe bitegura kujya kumusura iwe muri Afurika y’Epfo Ku... Read more »

Peter Okoye umwe mu basore b’impanga bahoze bagize itsinda rya P-Square ryari risanzwe rikorera umuziki mu gihugu cya Nigeria, yagaragaje hari ikintu kimwe rukumbi gishobora gukosorwa ku mpande zombi itsinda P-Square rikongera... Read more »

Ibikurikira ni bimwe mu bintu wakorera uwo mwashakanye igihe ubona ko urukundo rwanyu rwatangiye gukonja rukongera rugasubira bushya rugashyuha. Kumukorera akantu keza umutunguye Niba mumaze igihe mudacana uwaka hagati hanyu si byiza... Read more »

Abagore benshi bafite ibintu bahuriyeho bakunda kubwirwa n’abagabo babo bakanezerwa kandi ugasanga bifasha n’urugo rwabo gukomera. Dore amagambo 10 abagore bakunda kubwirwa n’abagore ngo nawe uzajye uyabwira umugore wawe niba utajyaga uyamubwira... Read more »

Umugore wo muri Afurika y’Epfo wari uherutse gukora ubukwe yatse gatanya urukiko nyuma y’iminsi 3 gusa nyuma yo kurushinga. Impamvu yatanze ni igitsina ngo kirekire cy’umugabo we atabasha kwihanganira. Ibinyamakuru byo muri... Read more »

Umugabo yatse gatanya nyuma yo kutumvikana n’umugore we bapfa ko umwe afana Cristiano undi agafana Messi, bananirwa kwemeranya urusha undi muri abo 2. Argumento, ikinyamakuru cyo mu Burusiya gitangaza ko abo bombi... Read more »

Iserukiramuco ry’Imbyino Nyafurika, FESPAD, ryafunguriwe mu Mujyi wa Kigali mu birori byagaragayemo amatsinda azobereye mu kubyina yo mu bihugu bitandatu biri mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe. Ibi birori bifungura FESPAD ku... Read more »

Dj Pius ni umwe mu bahanzi babanyarwanda muri iyi minsi bari mu bihe bikomeye dore ko ari gutegura ibitaramo bikomeye byo kumurika Album ye ya mbere nk’umuhanzi ku giti cye, uyu musore... Read more »

Guhera ku wa Gatatu w’iki Cyumweru, Twitter yatangiye gufunga konti zikekwaho gukoreshwa mu buryo budakurikije amategeko agenga uru rubuga nkoranyambaga bituma konti z’abantu bakurikirwa cyane barimo abaperezida, ibyamamare mpuzamahanga zihungana, zitakaza umubare... Read more »