Mu gihugu cya Nigeria umusore n’umukobwa bafashwe amashusho barimo gusambanira mu ishuri mu gihe cyagenewe amasomo.
Mu igihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’abanyeshuri babiri bataratangazwa amazina yabo bafatiwe mu igikorwa cy’ ubusambanyi nyuma yuko bagenzi babo barimo kwiga nubwo camera z’ ishuri zabatamaje bagafatwa bakajyanwa mu Buyobozi bw’ikigo bigaho.
Umusore n’ umukobwa bose bari mu ikigero cy’ imyaka 18-20 bafashwe na camera z’ ishuri ubwo umusore yaramaze gukuramo ikariso y’ umukobwa ndetse benshi bakaba bemeza ko uyu muhungu yaramaze gukora icyo yaragambiriye gukora dore ko ushinzwe gucunga Camera nawe yavuze ko yabibonye haciyemo akanya kuko harizindi nshingano yari yagiye kureba ko zagenze neza.

Nyuma yuko bafashwe aba banyeshuri biga mu amashuri yisumbuye bajyanywe kuri Police ndetse bahita batumizaho ababyeyi babo igitaraganya mu rwego rwo kwigira hamwe ikibazo cy’ abana babo bakoreye amahano mu ishuri rwagati mu igihe cyagenewe amasomo.