
Umutoniwase Anastasie yambitswe ikamba rya Miss Earth Rwanda 2018, rimuhesha itike yo guhagararira igihugu cye mu irushwanwa mpuzamahanga rizabera muri Philippines mu kwezi gutaha. Izina Umutoniwase ryavuzwe cyane muri Miss Rwanda 2018,... Read more »

Imodoka yari itwaye abakinnyi basiganwa ku magare b’u Rwanda, Bourkina Faso na Côte d’Ivoire, yakoze impanuka mu gihugu cya Cameroon ubwo yarengaga umuhanda, abagera kuri 17 barakomereka. Iyi mpanuka yabaye yabaye kuri... Read more »

Umugabo witwa Maurizio Zanfanti ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani wamenyekanye cyane kubera umubare munini w’abagore yaryamanye nabo yapfuye ari gutera akabariro n’umugore w’imyaka 23. Maurizio Zafanti yapfuye afite imyaka 63, yaherukaga gutangariza... Read more »

Umuraperi Kanye Omari West uzwi nka Kanye West mu muziki kuri ubu yatangaje ko yahinduye amazina aho kuri ubu agiye kujya yitwa Ye. Aho ngo iri zina yarihinduye mbere yuko amurika album... Read more »

Kuri mugoroba wo ku wa gatatu tariki 27 Nzeri 2018 nibwo umuhanzi Dj Pius ari kumwe n’irindi tsinda ry’aba dj bazwi hano mu Rwanda bamuritse kompanyi ibahuriza hamwe bise 1k Entertaniment izajya... Read more »

Tuyishime Faycal uzwi na Fayzo pro ni umugabo uzwi cyane mu gutunganya amashusho y’abahanzi benshi hano mu Rwanda yibarutse umwana wabo wa Kabiri n’umufasha we . Ku mugoroba wo kuri uyu wa... Read more »

Christiano Ronaldo rutahizamu wa Juventus yo mu butaliyani yagabanyirijwe ibihano na Uefa ku ikarita y’umutuku aherutse kubona mu mikino ibanza y’amatsinda ya Champions League aho yakuriweho umukino umwe aho kuba 2 bityo... Read more »

Muri Leta zunze ubumwe za Amerika hakozwe imodoka idasanzwe ikomeje kutangaza benshi, iyi modoka ifite umwihariko yuko ishobora kugendesha amapine nyirayo yabishaka akaba yayigurutsa mu kirere. Ni imodoka yakoranwe ubuhanga buhambaye bwo... Read more »

Mu gihugu cya Afurika y’epfo ku wa gatatu tariki ya 26 nzeri 2018 Inzuki zakoze agasha ubwo zatunguranye zikava mu miziga yazo bitunguranye maze zikigira muri Moteri y’indege ya Kompanyi Mango Airlines.... Read more »
Inzu ireberera inyungu z’abahanzi ‘Kiwundo Entertainment’ yateguye igitaramo ‘Silent Disco’ bizabera Gusto Italiano. Abazabyitabira bazasusurutswa na Dj Theo, Deejay Pius ndetse na MC/DJ Phil Peter. ‘Silent Disco’ ni igitaramo winjiramo bakaguha ‘Ecouteurs’ ubundi... Read more »