
Umunyana Shanita witabiriye Miss University Africa na bagenzi be bahuriye mu busabane busoza umwiherero bari bamazemo ibyumweru bitatu bitegura ibirori byo gutora uwahize abandi. Muri ubu busabane hatanzwe ibihembo binyuranye gusa uhagarariye... Read more »

tsinda rya Sauti Sol ryageze i Kigali aho rigiye gutaramira abanyarwanda, mu gitaramo gikomeye rirahuriramo na Charly na Nina ndetse na Bruce Melodie. Iki gitaramo kiraba kuri uyu wa Gatanu kirasoza inama... Read more »

Nizzo ukunze kwiyita Kaboss(izina ry’irihimbano), ni umwe mu baririmbyi bagize itsinda rya Urban Boyz ahamya ko bidakunze kumuzamo ndetse aba atifuza guhura n’inkuru zivuga kuri mugenzi we Safi Madiba bahoze baririmbana mu... Read more »

Butera Jean d’Arc uzwi nka Knowless ni umwe mu bakobwa bakunzwe mu Rwanda ndetse azwiho kuba ari umwe mu bakobwa babashije gutwara igihembo gikomeye muri muzika nyarwanda cya Primus Guma Guma Super... Read more »

Umuhanzi Mani Martin uri muri gahunda yo gutangiza inzu ifasha abahanzi bakizamuka yise ‘MM Empire’, yashyize hanze indirimbo ikumbuza abantu b’ingeri zitandukanye ibyiza byo ku ivuko. Uyu muhanzi yadutandarije muri iki gitondo... Read more »

Umunyana Shanita witabiriye Miss University Africa na bagenzi be bahuriye mu busabane busoza umwiherero bari bamazemo ibyumweru bitatu bitegura ibirori byo gutora uwahize abandi. Irushanwa rya Miss University Africa rimaze ibyumweru bitatu... Read more »

Umukinnyi wa filimi wo mu gihugu cya Tanzania, Irene Uwoya, wamenyekanya nka Oprah akamamara cyane mu Rwanda kubera nyakwigendera Katauti Hamad babanye bakanabyarana, yongeye kuvugisha abatari bacye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo... Read more »

Nyuma y’amezi ane Umushabitsi akaba n’Umukinnyi wa film ukomeye, Priyanka Chopra n’icyamamare Nick Jonas wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahishuye urukundo rwabo, bagiye kurushinga. Muri Nyakanga 2018 nibwo umuhanzi Nick... Read more »

Nk’uko bisanzwe bimenyerewe mu rwego rwo kwifuriza abakiliya n’Abanyarwanda muri rusange Noheli nziza n’umwaka mushya, Call Rwanda yagabanyije ibiciro ho 30% inatanga inyongera ya SMS 100 buri uko uranguye SMS. Iri gabanyirizwa... Read more »

Umuhanzi Yvan Buravan ageze kure imyiteguro y’igitaramo gikomeye azamurikiramo album ye ya mbere nyuma yo gukora amateka mashya akegukana irushanwa ry’umuziki ‘Prix Découvertes 2018’, ritegurwa na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI). Uyu muhanzi... Read more »