
Meddy uri mu bahanzi nyarwanda bakomeje kuzamura ibendera ry’u Rwanda ku ruhando rwa muzika mpuzamahanga, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘All night’. Iyi ndirimbo yagiye hanze kuri uyu wa kabiri tariki... Read more »

izina Mbabazi Maureen ni rimwe mu mazina yagiye avugwa cyane hano muri muzika nyarwanda aho benshi bamuzi nka Momo kuri ubu uyu mukobwa yasohowe mu gihome aho yari yarakatiwe igifungo cy’Umwaka ashinjwa... Read more »

Umwami w’abami w’Ubuyapani uzwi ku izina rya Akihito w’imyaka 85, kuri uyu wa kabiri yeguye ku ntebe y’ubwami ahereze inkoni umuhungu we witwa Naruhito biteganyijwe ko azahita abona ububasha bwo kuyobora ejo... Read more »

Abaganga b’iyi kipe ya Manchester United batangaje ko Eric Bailly atazagaragara mu mikino yose iyi kipe isigaje ndetse n’imikino y’igikombe cya Africa 2019, kubera ikibazo cy’imvune yagize icyumweru gishize. Ku wa mbere taliki... Read more »

Muhikira Bellange Irene wigeze kuba Nyampinga wa INILAK, yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Mata 2019, yari amaze igihe gito arushinze. amakuru twatangarijwe n’umwe mu muryango... Read more »

John Singleton wabaye umunyamerika ukomoka muri Afurika wa mbere washyizwe ku rutonde rw’abahataniye ibihembo bya Oscar yitabye Imana azize indwara y’uguturika kw’iminsi y’ubwonko. Songleton wari ufite imyaka 51 yaguye mu bitaro bya... Read more »

Dr Scientific ni umuhanzi Umaze kumenyekana cya mw’itsinda the Legends aho aribanamo na Mugenzi we King The Winner nubwo muri iyi minsi ari gukoresha ingufu nyinshi ngo asigasire Impano nshya ziri kuzamuka... Read more »

Mu minsi ishize mu binyamakuru bya hano muri afurika y’iburasirazuba hagiye handikwa inkuru y’ukuntu Umuahanzi w’Icyamamare muri Tanzania Diamond Platnumz yashinjije uwari umugore we Zari ko yaryamnaga n’Umutoza we ndetse n’umuhanzi Peter... Read more »

Charly na Nina ni abakobwa bamaze kwigarurira imiti y’abatari bake hano mu Rwanda kubera amajwi yabo ahogoza benshi harimmo n’Urubyiruko aba bakobwa ubu bashyize hanze impapuro za gahunda bagiye gukora bise #1000... Read more »

Ishami ry’Ubugenzacyaha muri Polisi ya Uganda (CID) ryamahaje Depite Kyagulanyi Robert uzwi nka Bobi Wine, akekwaho ibyaha birimo icyo gukoresha inama mu buryo butemewe no guteza imvururu. Bobi Wine yanditse ku rukuta... Read more »