Meddy yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘All night :Yirebera

Meddy uri mu bahanzi nyarwanda bakomeje kuzamura ibendera ry’u Rwanda ku ruhando rwa muzika mpuzamahanga, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘All night’. Iyi ndirimbo yagiye hanze kuri uyu wa kabiri tariki... Read more »

Umuhanzikazi Mbabazi Maureen yafunguwe nyuma yo kurangiza Igihano cy’Umwaka afungiye i Muhanga

izina Mbabazi Maureen ni rimwe mu mazina yagiye avugwa cyane hano muri muzika nyarwanda aho benshi bamuzi nka Momo kuri ubu uyu mukobwa yasohowe mu gihome aho yari yarakatiwe igifungo cy’Umwaka ashinjwa... Read more »

Umwami w’abami w’Ubuyapani Akihito arashyikiriza ubwami Umuhungu we Naruhito

Umwami w’abami w’Ubuyapani uzwi ku izina rya Akihito w’imyaka 85, kuri uyu wa kabiri yeguye ku ntebe y’ubwami ahereze inkoni umuhungu we witwa Naruhito biteganyijwe ko azahita abona ububasha bwo kuyobora ejo... Read more »

Eric Bailly ntazagaragara mu mikino yose ikipe isigaje

Abaganga b’iyi kipe ya Manchester United batangaje ko Eric Bailly atazagaragara mu mikino yose iyi kipe isigaje ndetse n’imikino y’igikombe cya Africa 2019, kubera ikibazo cy’imvune yagize icyumweru gishize. Ku wa mbere taliki... Read more »

auto ads

Muhikira Bellange Irene wigeze kuba Nyampinga wa INILAK yitabye Imana

Muhikira Bellange Irene wigeze kuba Nyampinga wa INILAK, yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Mata 2019, yari amaze igihe gito arushinze. amakuru twatangarijwe n’umwe mu muryango... Read more »

John Singleton wamenyekanye muri fileme ya 2 Pac na Janet Jackson yitabye Imana

John Singleton wabaye umunyamerika ukomoka muri Afurika wa mbere washyizwe ku rutonde rw’abahataniye ibihembo bya Oscar yitabye Imana azize indwara y’uguturika kw’iminsi y’ubwonko. Songleton wari ufite imyaka 51 yaguye mu bitaro bya... Read more »

The Legends babinyujije mu Ihuriro Economic for African Talent barasaba ababyeyi gusigasira Impano z’abana babo

Dr Scientific ni umuhanzi Umaze kumenyekana  cya  mw’itsinda the Legends aho aribanamo na Mugenzi we King The Winner  nubwo muri iyi minsi ari gukoresha ingufu nyinshi ngo asigasire Impano nshya ziri kuzamuka... Read more »

Umusore Tumise washinjwe na Diamond Platnumz gusambanya umugore we Zari ubwo babanaga yamenyekanye (Amafoto)

Mu minsi ishize mu binyamakuru bya hano muri afurika y’iburasirazuba hagiye handikwa  inkuru y’ukuntu Umuahanzi w’Icyamamare  muri Tanzania  Diamond Platnumz yashinjije uwari umugore we Zari  ko yaryamnaga n’Umutoza we  ndetse n’umuhanzi Peter... Read more »

Charly na Nina bagiye kuzenguruka Igihugu cyose bigisha abana b’abakobwa

Charly na Nina ni abakobwa bamaze kwigarurira imiti y’abatari bake  hano mu Rwanda kubera amajwi yabo ahogoza benshi harimmo n’Urubyiruko aba bakobwa ubu bashyize hanze impapuro za gahunda bagiye gukora bise #1000... Read more »

Bobi Wine yahamagajwe n’Ubugenzacyaha bwa Uganda

Ishami ry’Ubugenzacyaha muri Polisi ya Uganda (CID) ryamahaje Depite Kyagulanyi Robert uzwi nka Bobi Wine, akekwaho ibyaha birimo icyo gukoresha inama mu buryo butemewe no guteza imvururu. Bobi Wine yanditse ku rukuta... Read more »