I Rubavu igisupusupu yongeye kwerekana ko akunzwe muri Iwacu Muzika Festival (Amafoto)

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 29/06/2019 i Rubavu habereye igitaramo gikomeye cya Iwacu Muzika Festival cyateguwe na EAP. Iki gitaramo cyatumiwemo abahanzi nyarwanda b’amazina akomeye. Inyarwanda.com yabakurikiraniye iki gitaramo imbonankubone, Tariki 22... Read more »

Niyonzima Haruna yarangije amasezerano ye muri Simba

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Haruna Niyonzima, yatandukanye na Simba Sports Club yo muri Tanzania nyuma y’imyaka ibiri ayigezemo. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Haruna Niyonzima yashimiye Simba SC ibihe byiza bagiranye... Read more »

Ubukwe bwa Diamond kubwinjiramo bishobora kuzaba ukwishyura

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Afurika y’Uburasira zuba, yatangaje ko ari gupanga gukora ubukwe mu kwezi gutaha n’umunyamakurukazi w’umunyakenya, Tanasha Donna Oketch aho bushobora kuba tariki ya 7 Nyakanga n’ubwo... Read more »

Gisagara Yannick wafashijwe n’abanyarwanda kwiburiza mu buhinde yitabye Imana

Umusore w’ imyaka 23 wo mu karere ka Rwamagana wakusanyirijwe amafaranga ngo age gusimburizwa impyiko mu Buhinde yitabye Imana kuri uyu wa 27 Kamena 2019 aguye mu bitaro bya Kanombe. Gisagara Yannick... Read more »

auto ads

Cyusa Ibrahim yashyize hanze amashusho y’Indirimbo Migabo avuga ibyiza Kagame yagejeje ku banyarwanda .

Cyusa Ibrahim n’umuhanzi nyarwanda Ukora injyana ya Gakondo akaba azwihi kuba ari nk’umuvandimwe n’umuhanzi w’Icyamamare stromae , uyu musore yashyize hanze amashusho y’indirimbo Migabo avugamo ibyiza Perezida Kagame  yagejeje ku banyarwanda Mu... Read more »

DayMakers babazaniye ibyamamare mu rwenya mu gitaramo Bigomba Guhinduka i Musanze

Day Makers Edutainment  n’itsinda rihuriyemo abanyarwenya  benshi batandukanye  irmaze kwigarurira imitima y’abatari bake cyane hano mu Rwanda kubera urwenya rwabo , iryo tsinda  ryateguye Igitaramo cy’urwenya bise Bigomba guhinduka aho 5kEtienne na... Read more »

Cardi B yajyanywe mu rukiko ahakana ibyaha byose aregwa

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, nibwo Umuraperikazi Cardi B yagejejwe imbere y’urukiko ahakana ibyaha ashinjwa birimo ibyo gutoteza, ubugambanyi no kurwana. Uyu mugore usanzwe yitwa Belcalis Marlenis Almánzar yitabye urukiko... Read more »

The Mane ku bufatanye na MTN na SKOL batangaje abahanzi 10 b’abanyarwanda bazakora mu gitaramo cya Kigali Summer Fest

Kuri uyu wa gatatu  tariki 26 Kamena 2019 nibwo mu cyumba cy’Inama cya Park Inn Hotel mu kiyovu habereye ikiganiro hagati ya The mane na MTN na Skol ku bijyanye n’Igitaramo cya... Read more »

Mu rugendo rukomeye rugana I nyarubuye muri Karongi Charly na Nina bibukije abakobwa ko aribo ba mutima w”urugo (Amafoto)

Charly na Nina  ni bamwe mu bakobwa bakunzwe cyane hano mu Rwanda muri  aba bari mu gikorwa bise #100 Girlsiwacu aho bari kugenda bashishikariza abana ba bakobwa kwirinda Ibishuko byatuma bata inshingano... Read more »

Lionel Sentore na Uwizihiwe Charles bagize ingangare bageze i Kigali aho baje gufasha Jules sentore mu gitaramo cye Inganzo yaratabaye

Lionel Sentore na Uwizihiwe Charles  ni abasore biri b’abanyarwanda  bakora  muzika gakondo  bakaba bayikorera mu gihugu cy’ububiligi aho bombi batuye muri iki gitondo aba basore bakiriwe ku kibuga cy”indege na Jules Sentore... Read more »