
Uwitwa RUSANGANWA Théogene mwene RUSANGANWA Appolinaire na BATAMURIZA Immaculate utuye mu Mudugudu wa Gakirage , Akagari ka Gakirage Umurenge wa Nyagatare , Akarere ka Nyagatare mu ntara y’Iburasirazuba , uboneka kuri telefoni... Read more »

Kuri uyu wa kane tariki ya 31 Ukwakira 2019 urukiko rukuru rwo mu mujyi wa Entebbe rwahamije icyaha cyo kwica umuhanzi Moses Ssekibogo umusore uzwi Godfrey Wamala cyangwa Troy imyaka 14 Umucamanza... Read more »

The Mirror Hotel yateguye ibirori by’abambaye bipfutse mu maso biziwi nka [Mask Party] mu rwego rwo gutangira ukwezi kwa cumi na kumwe neza . Ibi birori bizaba ku wa 01 Ugushyingo 2019... Read more »

Uri umusore wiyumvamo ko ugeze igihe cyo kugira umukobwa w’inshuti, ni ukuvuga umukobwa mwagirana ubucuti budasanzwe (Copine ), hari ibintu bishobora kugufasha kubona umukobwa muhuza. Ushobora kandi kuba utarigeze uzenguruka mu bakobwa... Read more »

Hagenimana Jean Paul (Bushali ) na bagenzi be , Kuri uyu wa gatatu tariki 30 Ukwakira 2019 bagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Nyarugenge aho bagiye kubura ku cyaha bakekwaho cyo gukoresha ibiyobyabwenge.... Read more »

Kompanyi ya Best of Rwanda and Market Ltd ni imwe mu kompanyi zo mu Rwanda ziteza imbere umuziki nyarwanda ndetse n’ibindi bintu byinshi by’imyidagaduro , nyuma y’igihe gito itangiye ku mugaragaro mu... Read more »

Umuyobozi wa Authentic World Ministries n’Itorero Zion Temple ku Isi, Apôtre Dr. Paul Gitwaza yahawe igihembo cy’imiyoborere myiza n’ikigo cy’ubumenyi n’ikoranabuhanga cyo muri Amerika muri Leta ya New York. Apôtre Gitwaza Gitwaza... Read more »

Kompanyi Whatsapp yaguzwe na kompanyi ya Facebook yajyanye mu rukiko kompanyi NSO Group yo muri Israel, ivuga ko yayigabyeho ibitero by’ikoranabuhanga bigamije kuneka telephone z’abantu bikangiza ‘software’ yayo. WhatsApp ishinja iyo kompanyi... Read more »

Umunyabigwi mu njyana ya Reggae Karamuheto Aloys wamenyekanye cyane hano mu Rwanda mu njyana ya Reggae nka Ras Bongoman ni umwe mu bagabo bafashije umuziki uri mu njyana ya Raggae gutera imbere... Read more »

Umuhungu wo muri Ghana ufite imyaka 12 y’amavuko n’ubwenge budasanzwe yemerewe kwiga muri kaminuza. Yitwa Viemens Bamfo niwe munyeshuri muto kurusha abandi 30,000 bamaze kwiyandikisha gutangira amasomo muri ‘University of Ghana’. Yatsinze... Read more »