
Mvukiyehe Juvenal wari umukandida rukumbi ku mwanya wo kuba umuyobozi wa Kiyovu Sports yatowe ijana ku ijana n’abanyamuryango b’iyi kipe bishimiye impinduka yazanye mu gihe gito amaze muri iyi kipe. Mvukiyehe waguriye... Read more »

Ishyirahamwe ryita ku burenganzira bwa muntu “Human Rights Foundatiton” kuri uyu mugoroba w’uwa gatanu ryashyikirije igihembo kitiriwe Vaclav Havel, batatu bakegukanye uyu mwaka. Barimo umuhanzi w’umunyarwanda nyakwigendera Kizito Mihigo. Garry Kasparov, Prezida... Read more »

Umupolisi yishwe arashwe ku kigo gifungirwamo abantu cyo mu gace ka Croydon kari mu majyepfo y’umurwa mukuru London mu Bwongereza. Uwo mupolisi w’umugabo yarashwe inshuro eshanu ubwo umugabo, wari watawe muri yombi,... Read more »

Kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rukorera i Nyamirambo rwatangiye kuburanisha urubanza rw’ubujurire ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo rya Paul Rusesabagina. Ni nyuma y’aho Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rutegetse ko Rusesabagina... Read more »

Umuhanzi The Ben hamwe n’abantu be ba hafi batashywe n’akababaro, nyuma y’inkuru y’incamugongo ko Kabeho Nuriat wari mushiki we kwa nyina wa wabo, yitabye Imana. Iyi inkuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri... Read more »

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi rikomeje ibikorwa byo kurwanya uburobyi bukorerwa mu kiyaga cya Kivu ndetse n’ibindi byaha bibera muri iki kiyaga. Ni muri urwo rwego kuri... Read more »

Hashingiwe ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yabaye tariki ya 29 Nyakanga yemeje ko ingendo zo mu ndege zisubukurwa tariki ya 1 Kanama 2020. Ni muri urwo rwego Polisi y’u Rwanda ikangurira abazajya bakora ... Read more »

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Nzeri nibwo Polisi y’u Rwanda yashyikirije imfizi y’inka abaturage bo mu karere ka Nyamagabe yari yarabemereye. Abaturage bayishyikirijwe ni abatuye mu mudugudu wa Sebukiniro mu... Read more »

Kuri uyu wa Kane tariki 24/08/2020 ku cyicaro cy’urwego rw’igihugu rushinzwe imiyiborere “RGB”, habereye umuhango w’ihererakanyabubasha hagati ya Komite ya Munyakazi Sadate icyuye igihe ndetse na komite y’inzibacyuho iyobowe na Murenzi Abdallah.... Read more »

Munyentwari Eugene n’umuvandimwe we Karekezi Bernard, ni abavandimwe bamaze imyaka irenga 30 bafite uburwayi bw’amayobera ku mubiri wose. Ubukene n’ubupfubyi bakuriyemo, byatumye bakurira mu buzima bubi bwatumye batabasha no kubona ubuvuzi bukwiye.... Read more »