
Abakoresha imbuga nkoranyambaga ntibavuze rumwe ku banyarwandakazi bagaragaye mu mwambaro wo kogana ugaragaza imiterere yabo uzwi nka bikini ubwo barimo guhatanira guhagararira u Rwanda mu marushanwa ya Miss Calabar Africa 2020. Ku... Read more »

Umunyarwenya akaba n’umuhanzi ubimazemo igihe Bisangwa Nganji Benjamin uzwi nka Ben Nganji ageze kure imyiteguro yo gusohora filime ye y’urwenya y’uruhererekane yise ‘Cyanzekwana Comedy’ yahuriyemo n’umugore we witwa Ufitenema Yvette. Integuza y’iyi... Read more »

Umuziki ugira injyana kandi ikagira abayoboke bayo, ku isi injyana ya Hiphop irakunzwe bikomeye, cyane cyane muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, benshi mu bayikunda akaba ari urubyiruko. Mu Rwanda iyi njyana ntabwo... Read more »

Ange-Robert Iraguha ni umwe mu bahanzi bashaka kuzana impinduka mu njyana ya Reggae idakunze kugira abayikora bayishyizeho umutima cyane mu Rwanda. Uyu muhanzi yavukiye mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Byumba.... Read more »

Stella Smith, 44, says her new ‘arrangement’ is life-changing and hopes that by sharing her story she will encourage others to be less judgemental about unconventional forms of dating A single mum... Read more »

Nyuma yigihe Umuhanzi MURINDA Adolphe [Ado Music] yongeye gushimangira impano ye ashyira hanze indirimbo nshya yise “WOWE” yasohokanye n’amashusho yayo yamuhenze nkuko yabidutangarije. Ado Music wiseguye kubakunzi b’umuziki we kubera kumara igihe... Read more »

Kuri iki cyumweru Tariki 11 Ukwakira rutahizamu wa APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi, Nizeyimana Djuma yemeye guha Jacques Tuyisenge nomero 9 ku busabe bw’uyu rutahizamu werekeje mu ikipe y’ingabo z’igihugu avuye muri... Read more »

Umutoza Mashami Vincent akaba yahamagaye abakinnyi 37 bagomba bagomba kujya mu mwiherero uzabera La Palisse i Nyamata, aba bakinnyi bakaba bagomba kuzavamo 23 bazakina umukino wa Cape Verde. Mu bakinnyi bakina hanze... Read more »

Audace Munyangango uzwi nka Auddy Kelly kuri uyu wa gatatu abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba Anita Pendo ari umujyanama we mu bijyanye muzika. Yagize ati: “Ncishijwe bugufi... Read more »

Ibi bibaye nyuma yo gutangaza ko mu bakinnyi 43 Munyakazi Sadate yasize mu ikipe igomba gusigarana 21, 10 bakaguma mu bana naho abasigaye bagasezererwa. Uru rutonde kandi hariho Issa Bigirimana umaze iminsi... Read more »