
Kwizera Evariste yahishuye ko atangira gukunda Mukaperezida Clotilde ubu babana, yari afite gahunda yo kujya yirira akantu(sex) ubundi uyu mugore na we akamuha amafaranga, gusa byaje kurangira bivuyemo urukundo ruzima bakora n’ubukwe... Read more »

Mu minsi ishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda havuzwe amakuru menshi y’uko umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda Wycliffe Tugumwe uzwi Ykee Benda ari mu rukundo na Akayesu Sharon uzwi nka... Read more »

Umuhanzi Davis D yifatiye ku gahanga abandi bahanzi bagenzi be ababwira ko amafaranga atagura igikundiro nkuko bamwe bajya babyibeshyaho. Uyu muhanzi ibi yabivuze abinyujjije ku rubuga rwe rwa Instagram ubwo yateguzaga abakunzi... Read more »

Umuhanzikazi Vinka wo mu gihugu cya Uganda akaba n’umwe mu bahanzi basinyishijwe n’inzu ifasha abahanzi ya Sony Music nyuma y’Umwaka umwe adakora agarukanye indirimbo nshya y’amashimwe gusa akomeje kwibaza uko azabyitwaramo kubera... Read more »

Mu gihugu cya Uganda nyuma y’imyaka ibiri ibitaramo, Utubari , Utubyiniro ndetse n’ibindi birori bifunzwe kubera icyorezo cya Covid-19 guverinoma yongeye gufata icyemezo cyo kongera amezi yo gukomeza kubifunga. Ibi byatangajwe na... Read more »

Umuhanzi w’icyamamare mu gihugu cya Nigeria David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido akomeje kugaragaza agahinda kenshi nyuma yo gupfusha umufotozi we wihariye Fortune Umname witabye Imana mu minsi ishize arohamye mu mazi... Read more »

Umugabo wakekaga ko umugore we w’imyaka 30 amuca inyuma, yibye terefone ye, arebye asangamo amafoto na videwo bye n’umuyobozi we bakora imibonano mpuzabitsina. KANDA HANO WIHERE IJISHO Mukwihimura, yakoresheje terefone ye kugira... Read more »

Muri iki gihe bamwe mu basore ntibakigira imitoma myinshi, usanga bivugira amagambo asanzwe cyane atarimo gutaka no kurata ubwiza bw’umukobwa kandi nabyo biba bikenewe. Abakobwa bakunda amagambo meza y’urukundo, n’ubwo harimo abo... Read more »

Bamwe mubasore cyangwa abagabo, abakobwa cyangwa abagore nabo baba bafite ibintu bifuza ku bagabo bashatse cyangwa ku basore bakundana reba bimwe mubimenyetso wagenderaho. Bimwe muri byo ni ibi bikurikira : -Kumuganiriza mu... Read more »

Gutinda kubona umukunzi cyangwa umuntu muzarushingana nikimwe mu bihangayikisha abantu benshi burubyiruko by’umwihariko abakobwa bo muri Afurika, abantu bafite imiryango ariko bagatinda gukora ubukwe cg abakunzi bazabana nabo, n’ibintu bibabangamira cyane rimwe... Read more »