
Nyuma y’imyaka irenga itatu bari mu rukundo, Beinvenue Redemptus yasezeranye imbere y’umukunzi we Igihozo Divine kuzabana muri byose nk’umugabo n’umugore, Anahishura byinshi mu bihe byiza byaranze urukundo rwabo muri icyo gihe bamaranye.... Read more »

Solange Umutesi wari Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro, uherutse kwemerera Perezida Paul Kagame ko yagize uburangare ku kibazo yagombye kumwibutsa, yasimbuwe kuri uyu mwanya, hashyirwaho Antoine Mutsinzi.Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri... Read more »

Abakinnyi ba Sinema bafite izina rikomeye muri Nigeria no muri Afurika muri rusange, IK Ogbonna, Ini Edo, Mr Funny na Richard Mofe-Damijo, bageze i Kigali aho bitabiriye ibirori bya Rwanda International Movie Awards.... Read more »

Amakuru ava mu Burundi aratangaza ko umuhanzi Saidi Brazza yaraye yitabye Imana azize uburwayi, uyu muhanzi yakunzwe mumyaka ishize mundirimbo zirimo ,Yameze amenyo, bwarikukiye …… uretse I burundi uyu muhanzi nahano mu... Read more »

Kimwe n’ahandi henshi muri aka karere, inzu z’ubucuruzi bw’imikino y’amahirwe izwi nka betting ziriranga kandi ziragenda ziyongera mu mijyi n’udusantere tw’ubucuruzi mu Rwanda, ni ubucuruzi biboneka ko burimo amafaranga menshi, ariko bufite... Read more »

Bwiza Emerance wamamaye muri Muzika Nyarwanda nka Bwiza, mu ndirimbo zitandukanye nka “Ready, Wibeshya n’izindi ubu arabarizwa ku mugabane w’Uburayi aho yerekeje mu Gitaramo agomba kugaragaramo ku nshuro ye ya mbere n’abandi... Read more »

Inzego z’ubuzima muri Tanzania zatangaje ko muri icyo gihugu cy’abaturanyi hadutseyo icyorezo kidasanzwe kiswe Marburg haemorrhagic fever kandi gikaze cyane kuko ubwacyo mu gihe gito kihafashe kimaze guhitana abarwayi bagera kuri 5.... Read more »

Impanuka y’ubwato yabebaye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Gihango, akagari ka Gabiro bikekwa ko yatewe n’imiyaga irangwa mu kiyaga cya Kivu yahitanye ubuzima bw’umuntu... Read more »

Benshi mu baturarwanda bakunda imyidagaduro byumwihariko umuziki, Amaso ari mu kirere ndetse iminsi barayibarira ku ntoki bategereje igitaramo cya Kigali Jazz Junction gisanzwe kizwiho kwatsa umuriro muri Kigali ndetse no kugaragaramo abahanzi... Read more »

Umuraperi TEKASHI 6IX9INE yakubiswe bikomeye n’abantu ubwo yari ari mu nyubako ikorerwamo imyitozo ngororamubiri (gym).Amashusho yashyizwe hanze n’ikinyamakuru TMZ agaragaza abagabo babiri bakubita imigeri 6IX9INE wari uryamye hasi. Aya mashusho kandi agaragaza... Read more »