
Musanase Laura benshi bamuzi nka “Nikuze” muri filime City Maid yifatanyije n’inshuti ze ziganjemo abo bakorana akazi ko gukina ama film ku munsi yizihizaho isabukuru ye y’amavuko aho na bamwe mu bahanzi banamuririmbiye.
ni ibirori byabaye kuri uyu wakane taliki 2 zukwa 8 ahagana muma satatu zijoro bikaba byabereye muri Hotel yitwa The Mirror iherereye i Remera
Nikuze yashimiye cyane inshuti ze zaje kwifatanya nawe muri ibyo birori.
Ati “ Ni iby’ agaciro kuba ntegura ibirori nk’ibi nkabona abo ntumira bakaza tugasangira binyereka ko nta bana nabi kandi ni nabyo nasaba buri wese uri hano gushyira imbere urukundo”.
Nikuze yirinze gutangaza imyaka yujuje nubwo yabisabwe nabatari bake bifuzaga kumenya imyaka yagize
muri ibi birori hagaragayemo abasitari batandukanye baba muri Cinema ndetse no muri muzika dore ko uyu mukobwa yanaririmbiwe nabahanzi bagize itinda rya 3 Hills Hope na Eric Mucyo
[the_ad_placement id=”content”]
Izi ni zimwe munshuti za Nikuze avuga ko zitamutengushye kuko bose yabahamagaye bakigora bakabasha kuhagera
Kanda hano urebe Video yose yibi birori