
Umuhanzi Joseph Mayanja ukunzwe cyane muri Afurika y’iburasirazuba ni umwe mu bahanzi bakomeye mu gihugu cya Uganda kandi udahwema kwerekana ko arino mu bafite agafaranga gatubutse nyuma yaho ku munsi w’ejo uyu mugabo ashyiriye ifoto y’inzi ye ari kubaka ndetse n’imwe mu modoka atunze yo mu bwoko bwa Mercedes Benz .
Nkuko akunda kubikora abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga uyu mugabo yashyize iyo foto hanze maze ayiherekesha amagmbo yatumye bamwe mu bamukurukira kuri instagram ye bavugishwa kuko bigaragara ko nubwo iyo nzu itaruzura izaba ari imwe mu mazu afite mu gihugu cya Uganda .
Nkuko tubikesha ikinyamakuru Ugblizz cyatangaje ko Jose chamleon ari umwe mu bahanzi bo muri icyo gihugu bafite imitungo myinshi cyane ko yakoze ishoramari mu bijyanye n’amazu aho afite izo yitiriye umugore zizwi nka Danilla Apartement ndetse akab afite n’ibigo bikora ibijyane n’ubukerarugendo nio bindi byinshi.
icyo kinyamakuri gisoza kivuga ko Jose Chameleon umutungo we mbumbe uri hagati ya miliyoni 6 z’amadorali akaba aza ku mwanya wa 18 mu bahanzi bafite agafaranga gatubutse muri afurika .
NSANZABERA JEAN PAUL
www.kigalihit.rw
328 total views, 1 views today