Beinvenue Redemptus yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we, anahishura ibihe byiza byaranze urukundo rwabo. {Amafoto}

Nyuma y’imyaka irenga itatu bari mu rukundo, Beinvenue Redemptus yasezeranye imbere y’umukunzi we Igihozo Divine kuzabana muri byose nk’umugabo n’umugore, Anahishura byinshi mu bihe byiza byaranze urukundo rwabo muri icyo gihe bamaranye.... Read more »

Umuhanzi Bwiza na Management ye, basesekaye mu bufaransa aho agiye gutaramira ku nshuro ye ya mbere atangiye umuziki.

Bwiza Emerance wamamaye muri Muzika Nyarwanda nka Bwiza, mu ndirimbo zitandukanye nka “Ready, Wibeshya n’izindi ubu arabarizwa ku mugabane w’Uburayi aho yerekeje mu Gitaramo agomba kugaragaramo ku nshuro ye ya mbere n’abandi... Read more »

Tanzania: Icyorezo gishya cyadutse, kimeze nka Ebola kimaze gutwara ubuzima bw’abagera kuri 5.

Inzego z’ubuzima muri Tanzania zatangaje ko muri icyo gihugu cy’abaturanyi hadutseyo icyorezo kidasanzwe kiswe Marburg haemorrhagic fever kandi gikaze cyane kuko ubwacyo mu gihe gito kihafashe kimaze guhitana abarwayi bagera kuri 5.... Read more »

Rutsiro: Impanuka y’Ubwato yahitanye Umwana muto,naho undi musore wari uburimo nawe aburirwa irengero.

Impanuka y’ubwato yabebaye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Gihango, akagari ka Gabiro bikekwa ko yatewe n’imiyaga irangwa mu kiyaga cya Kivu yahitanye ubuzima bw’umuntu... Read more »

auto ads

Imyiteguro ya Kigali Jazz Junction igeze ku muhumuzo, Amatike nayo aragererewe wikererwa atagushirana iminsi irabarirwa ku ntoki.

Benshi mu baturarwanda bakunda imyidagaduro byumwihariko umuziki, Amaso ari mu kirere ndetse iminsi barayibarira ku ntoki bategereje igitaramo cya Kigali Jazz Junction gisanzwe kizwiho kwatsa umuriro muri Kigali ndetse no kugaragaramo abahanzi... Read more »

Ibintu ugomba kwitaho cyane mbere yo gusubirana n’umuntu mwahoze mukundana (EX)

Urukundo ruratangaje cyane, Kimwe no gutandukana hagati y’abakunda cyangwa ababana habaho no gusubirana ku mpande zombi ndetse rimwe na rimwe zigakomera kurushaho. Gusa ariko nubwo tuvuze ko bibaho cyane ndetse rimwe na... Read more »

Ese koko Indabyo ndetse n’urukundo, bifite aho bihurira bya nyabyo cyangwa ni ukugendera mu kigare.

Hirya no hino mu Mijyi yo mu Rwanda, usigaye usanga indabo zicicikana zihabwa abagore, ibintu byatumye nibaza inkomoko y’uku guhuza mu gukunda indabo ku bagore. Yego, turabyemeranyaho ko no mu Rwanda rwo... Read more »

Karongi: Benengango binjiye no mu rusengero bararwiba bararweza

Mu karere ka Karongi, Abajura bateye urusengero rukoreramo amatorero agera kuri 3 ya Restoration Church, Anglican ndetse na Zion temple bararweza kuri uyu wa kabiri tariki ya 21 Werurwe 2023 mu gitondo.... Read more »

Umuramyi Jean Pierre HABIYAKARE uzwi nka HABY Peter yashyize hanze Indirimbo 2 yafatanyije n’umufasha we.

Uko umuziki Nyarwanda ukomeza kugenda utera imbere ni nako no mu gisata cyo kuramya no guhimbaza Imana hagenda havuka abahanzi bashya, Nyuma ya James na Daniella Haby Peter basanzwe baririmbana nk’umugabo n’umugore... Read more »

Ibihembo ngarukamwaka bya “The Choice Awards” byimuriwe umunsi

Ibirori byo gutanga ibihembo bisanzwe bitangwa na The Choice byagombaga kuba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2023 byimuwe bishyirwa tari ya 30 Werurwe 2021 ku mpamvu zitatangajwe na banyir’irushanwa.... Read more »