
Nyuma y’imyaka irenga itatu bari mu rukundo, Beinvenue Redemptus yasezeranye imbere y’umukunzi we Igihozo Divine kuzabana muri byose nk’umugabo n’umugore, Anahishura byinshi mu bihe byiza byaranze urukundo rwabo muri icyo gihe bamaranye.... Read more »

Bwiza Emerance wamamaye muri Muzika Nyarwanda nka Bwiza, mu ndirimbo zitandukanye nka “Ready, Wibeshya n’izindi ubu arabarizwa ku mugabane w’Uburayi aho yerekeje mu Gitaramo agomba kugaragaramo ku nshuro ye ya mbere n’abandi... Read more »

Inzego z’ubuzima muri Tanzania zatangaje ko muri icyo gihugu cy’abaturanyi hadutseyo icyorezo kidasanzwe kiswe Marburg haemorrhagic fever kandi gikaze cyane kuko ubwacyo mu gihe gito kihafashe kimaze guhitana abarwayi bagera kuri 5.... Read more »

Impanuka y’ubwato yabebaye ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Gihango, akagari ka Gabiro bikekwa ko yatewe n’imiyaga irangwa mu kiyaga cya Kivu yahitanye ubuzima bw’umuntu... Read more »

Benshi mu baturarwanda bakunda imyidagaduro byumwihariko umuziki, Amaso ari mu kirere ndetse iminsi barayibarira ku ntoki bategereje igitaramo cya Kigali Jazz Junction gisanzwe kizwiho kwatsa umuriro muri Kigali ndetse no kugaragaramo abahanzi... Read more »

Urukundo ruratangaje cyane, Kimwe no gutandukana hagati y’abakunda cyangwa ababana habaho no gusubirana ku mpande zombi ndetse rimwe na rimwe zigakomera kurushaho. Gusa ariko nubwo tuvuze ko bibaho cyane ndetse rimwe na... Read more »

Hirya no hino mu Mijyi yo mu Rwanda, usigaye usanga indabo zicicikana zihabwa abagore, ibintu byatumye nibaza inkomoko y’uku guhuza mu gukunda indabo ku bagore. Yego, turabyemeranyaho ko no mu Rwanda rwo... Read more »

Mu karere ka Karongi, Abajura bateye urusengero rukoreramo amatorero agera kuri 3 ya Restoration Church, Anglican ndetse na Zion temple bararweza kuri uyu wa kabiri tariki ya 21 Werurwe 2023 mu gitondo.... Read more »

Uko umuziki Nyarwanda ukomeza kugenda utera imbere ni nako no mu gisata cyo kuramya no guhimbaza Imana hagenda havuka abahanzi bashya, Nyuma ya James na Daniella Haby Peter basanzwe baririmbana nk’umugabo n’umugore... Read more »

Ibirori byo gutanga ibihembo bisanzwe bitangwa na The Choice byagombaga kuba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2023 byimuwe bishyirwa tari ya 30 Werurwe 2021 ku mpamvu zitatangajwe na banyir’irushanwa.... Read more »