Ubuhamya bw’umukobwa wavutse atagira igitsina bwatumye benshi bagwa mu kantu.

Umukobwa wo mu gihugu cya Kenya witwa Julian Peter, w’imyaka 30 y’amavuko, yatangaje ko yavutse nta gitsina na nyababyeyi agira, akaba yarabimenye ageze mu gihe cy’ubwangavu ubwo yarakomeje kubaza abaganga impamvu atajya... Read more »

Mushiki wa Nicky muri ‘City Maid’ yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)

Usanase Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri Filime y’uruhererekane ya City Maid, akaba agezweho mu yo yise “Impanga”, kuri uyu wa Kane tariki 17 Ukuboza 2020 yasezeranye imbere y’amategeko na Ndayirukiye Fleury... Read more »

Kigali: Hasubukuwe urubanza rw’ubujurire bwa Oda Paccy na Umutoni Nadia baregwamo ubwambuzi bw’amafaranga angana na 27,935,000 Frw

Muri uru rubanza umwunganizi wa Oda Paccy na Umutoni Nadia yabwiye urukiko ko kwishyuzwa aya mafaranga ari akarengane gakomeye bari gukorerwa kuko Denis wayabahaye yayatanze nk’inkunga atari inguzanyo cyangwa ubufatanye. Aya mafaranga... Read more »

Irebere umwana muto wabyaye afite imyaka 8 gusa

Luleka Mzizi ni umwana w’umukobwa w’imyaka umunani, yibarutse umwana umeze neza. ababyeyi be ntibigeze bamenya ko atwite kugeza babonye umwana n’amaso yabo yombi ubwo yari amaze kuvuka. Luleka yatangiye kubyibuha ariko ababyeyi... Read more »

auto ads

Umugore yahuye n’uruva gusenya nyuma y’uko umugabo we amenye ko abana 3 bafitanye atariwe wababyaye

Mu gihugu cya Nigeria, umugore  n’umugabo batatangajwe amazina bari mu gahinda n’ububabare nyuma yuko umugabo asanze abana batatu bose yibwiraga ko yababyaranye n’umugore we atari abe umugore yaramucaga inyuma akababyara hanze. Nkuko... Read more »

Kubwimana inkoni yakubitiwe Iwawa zatumye urutugu rufatana n’ijosi

Kubwimana Charles, umuturage wo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango yemeza ko inkoni yakubitiwe Iwawa zatumye urutugu rufatana n’ ijosi kugeza mu mezi make ashize ubwo yatangiye kuvuzwa n’akarere n’ubwo... Read more »

Wa musore w’imyaka 23 wabuze umukobwa w’isugi babana, yakoze ubukwe bwavugishije benshi hamwe n’umugore w’imyaka 46(Amafoto)

Amafoto n’amashusho yo mu birori by’ubukwe bwa Suleiman Isah w’imyaka 23 n’umukunzi we w’umunyamerika w’imyaka 46, Janine Sanchez Reimann babisangije abari bategeje cyane ubukwe bwabo bwavugishije cyane abakoresha imbugankoranyambaga kubera ikinyuranyo cy’imyaka... Read more »

Umugabo yafashe umugore we asambana n’umugabo baturanye ahita yiyahura arapfa.

Ernest Kabaghe w’imyaka 28 y’amavuko wo muri Chitipa mu gihugu cya Malawi yafashe umugore we asambana n’umugabo baturanye ahita yiyahura arapfa. KANDA HANO UREBE VIDEO Ibi byabaye mu mpere z’icyumweru gishize nk’uko... Read more »

Kevin Kade yasohoye indirimbo ya gatanu kuri Album,ategura gushyira hanze vuba

Umuhanzi Kevin Kade yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘My Bae’, yabaye iya Gatanu kuri Album ye ya mbere yitiriye injyana ye nshya yazanye yise ‘Rockstar’. ‘My Bae’ ije ikurikira indirimbo z’uyu... Read more »

Uganda: Igihano cy’urupfu ku batinganyi Reba mafoto batingana

Minisitiri wa Uganda ushinzwe imyitwarire myiza n’ubunyangamugayo (ethics and integrity) witwa Simon Lokodo avuga ko mu gihe gito kiri imbere umushinga w’Itegeko ryo guhanisha ‘abatinganyi’ igihano cy’urupfu uzagezwa mu Nteko. Yizeye ko... Read more »