Kylian Mbappé yagizwe kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa

Nyuma yo gusezera kwa Hugo Lloris mu Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Umutoza Didier Deschamps yagize Kylian Mbappé, Kapiteni mushya wa ’Les Bleus’. Mbappé azungirizwa na Antoine Griezmann. Uyu rutahizamu wa Paris Saint-Germain,... Read more »

REG BBC yatsinzwe na US Monastir yo muri Tunisia

Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL 2023, REG BBC, yatsinzwe na US Monastir yo muri Tunisia amanota 82 kuri 76. REG BBC, ikipe y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu, yatangiye nabi umukino... Read more »

Lewis Hamilton yashyikirijwe umudari w’icyubahiro yahawe n’Umwamikazi w’Ubwongereza

Umukinnyi w’icyamamare  mu mukino wo gusiganwa  mu tumodoka twihuta cyane  uzwi nka  Formule  1 Lewis Hamilton ukinira Mercedes muri yashyikirijwe umudali w’izina rya Sir yahawe n’Umwamikazi w’u Bwongereza, Elizabeth II, mu muhango... Read more »

Tombola y’uburyo amakipe azahura muri 1/8 cya UEFA Champions League yabaye kuri uyu wa Mbere saa Saba hajomo akavuyo.

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) yatangaje ko tombola y’uburyo amakipe azahura muri 1/8 cya UEFA Champions League yabaye kuri uyu wa Mbere saa Saba yateshejwe agaciro, bityo haba indi saa Kumi... Read more »

auto ads

Umunya-Tuniziya ‘Irad Zaafouri’ niwe ushobora gusimbura Masudi muri Rayon sports

Umutoza Masudi Djuma ashobora guhagarikwa ku mirimo yo gutoza ikipe ya Rayon Sport nyuma yo kutitwara neza mu mikino iheruka aho ashobora gusimburwa n’umutoza Irad Zaafouri wahoze mu ikipe ya Al Hilal... Read more »

Ese ko abafana ba Rayon Sports nibo batoboye imidoka y’umutoza Masudi Djuma?

Hakwirakwiye amakuru avuga ko imodoka y’umutoza Masudi Djuma yaraye itoborewe ku mukino wa Espoir FC n’abafana ba Rayon Sports batishimiye umusaruro w’uyu mutoza, ni mu gihe andi makuru avuga ko uyu mutoza... Read more »

Munyakazi Sadate yatsembye avuga ko atakongera kuyobora Rayon Sports

Umuhoze ari umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate avuga ko aramutse yongeye kubona amahirwe yo kuyobora iyi kipe atabyemera kuko uretse ibibazo nta kindi yahuriyemo nacyo. Munyakazi Sadate yatorewe kuyobora Rayon Sports... Read more »

Cristiano n’umugore we bagiye kwibaruka impanga

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya  portugal ndetse niya Manchetster United Cristiano Ronaldo n’umugore we Georgina Rodriguez basanzwe bafitanye impanga bagiye kwongera kwibaruka izindi mpanga ku nshuro ya Kabiri . Ibi  uyu mugabo usanzwe... Read more »

Samuel Eto Fils agiye kwiyamamariza kuyobora Federasiyo y’umupira muri Cameroun

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira  w’amaguru wakiniye ikipe y’igihugu  ya cameroun  ndetse n’amakipe akomeye  ku mugabane w’Uburayi  Samuel Eto Fils  yatangaje  ko agiye  gutanga kandidatire ye yo kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri... Read more »

Ikipe ya APR FC yamenyeshejwe ko Adil Mohamed uyitoza atemerewe gutoza imikino ya Champions League

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yamaze kumenyesha ikipe ya APR FC ko umutoza mukuru wayo ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, atemerewe gutoza imikino ya Champions League kubera kutagira ibyangombwa bihuye... Read more »