
Nyuma yo gusezera kwa Hugo Lloris mu Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Umutoza Didier Deschamps yagize Kylian Mbappé, Kapiteni mushya wa ’Les Bleus’. Mbappé azungirizwa na Antoine Griezmann. Uyu rutahizamu wa Paris Saint-Germain,... Read more »

Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL 2023, REG BBC, yatsinzwe na US Monastir yo muri Tunisia amanota 82 kuri 76. REG BBC, ikipe y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu, yatangiye nabi umukino... Read more »

Umukinnyi w’icyamamare mu mukino wo gusiganwa mu tumodoka twihuta cyane uzwi nka Formule 1 Lewis Hamilton ukinira Mercedes muri yashyikirijwe umudali w’izina rya Sir yahawe n’Umwamikazi w’u Bwongereza, Elizabeth II, mu muhango... Read more »

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) yatangaje ko tombola y’uburyo amakipe azahura muri 1/8 cya UEFA Champions League yabaye kuri uyu wa Mbere saa Saba yateshejwe agaciro, bityo haba indi saa Kumi... Read more »

Umutoza Masudi Djuma ashobora guhagarikwa ku mirimo yo gutoza ikipe ya Rayon Sport nyuma yo kutitwara neza mu mikino iheruka aho ashobora gusimburwa n’umutoza Irad Zaafouri wahoze mu ikipe ya Al Hilal... Read more »

Hakwirakwiye amakuru avuga ko imodoka y’umutoza Masudi Djuma yaraye itoborewe ku mukino wa Espoir FC n’abafana ba Rayon Sports batishimiye umusaruro w’uyu mutoza, ni mu gihe andi makuru avuga ko uyu mutoza... Read more »

Umuhoze ari umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate avuga ko aramutse yongeye kubona amahirwe yo kuyobora iyi kipe atabyemera kuko uretse ibibazo nta kindi yahuriyemo nacyo. Munyakazi Sadate yatorewe kuyobora Rayon Sports... Read more »

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya portugal ndetse niya Manchetster United Cristiano Ronaldo n’umugore we Georgina Rodriguez basanzwe bafitanye impanga bagiye kwongera kwibaruka izindi mpanga ku nshuro ya Kabiri . Ibi uyu mugabo usanzwe... Read more »

Umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru wakiniye ikipe y’igihugu ya cameroun ndetse n’amakipe akomeye ku mugabane w’Uburayi Samuel Eto Fils yatangaje ko agiye gutanga kandidatire ye yo kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri... Read more »

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yamaze kumenyesha ikipe ya APR FC ko umutoza mukuru wayo ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, atemerewe gutoza imikino ya Champions League kubera kutagira ibyangombwa bihuye... Read more »