
Kutagira ububobere mu gitsina ku mugore (sécheresse vaginale) no kutarangiza uko bikwiye bigira ingaruka mbi ku migendekere myiza y’igihe cy’imibonano mpuzabitsina n’imibanire muri rusange hagati y’abashakanye. Hari impamvu zinyuranye zishobora gutera iki... Read more »

Kwikinisha cyangwa se “Mastrubation” ni ingeso abantu benshi ku isi bagira cyane cyane urubyiruko kandi bakabikora bishimisha nyamara bigira ingaruka nyinshi ku mubiri w’umuntu. Hari urubyiruko rwinshi rubikora rwumva ko ruri kwirinda... Read more »

Rwanda Inspiration itegura Irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda yatangaje ko ijonjora rya Miss Rwanda 2021 ryari riteganyijwe kubera i Rubavu ku wa Gatandatu ryasubitswe bitewe n’ingamba nshya zafashwe zo kwirinda COVID-19. Iri... Read more »

Nubwo kujya mu mihango ku bakobwa cyangwa abagore ari ikintu gisanzwe ariko hari abahura n’ibibazo binyuranye imihango yabo ikaba yabatera guhangayika bitewe no kuba imara igihe kirekire, ibatera uburibwe bukabije, kuva amaraso... Read more »

Irushanwa rya Miss Rwanda rya 2021 rikomeje kuzamo udushya, nyuma y’impinduka zirimo ko mu bihembo hazatangwa na bourse yo kwiga kaminuza, kuri ubu imodoka nayo yahinduwe aho umukobwa uzegukana iri kamba azatahana... Read more »

Kompanyi ya Konka Group Ltd icuruza ibikoresho bitandukanye noneho yazaniye abakiliya bayo ibikoresho byiza byo mu gikoni, birimo ibyuma by’akataraboneka bishyushya amazi (Electric water heater), imashini zikora potage (Blender) ndetse n’amashyiga agezweho... Read more »

Monaco Café ni Bar na Restaurant ifite umwihariko mu Mujyi wa Kigali ugereranyije n’izindi zihasanzwe. Harimo umwanya wa Restaurant, umwanya wa Bar ndetse n’ahantu abana basohokanye n’ababyeyi bidagadurira. Muri Restaurant ya Monaco... Read more »

Monaco Café , Bar na Restaurant ifite umwihariko mu Mujyi wa Kigali ikomeje Promotion ku bayigana bakunda Burger. Kuri ubu iyo uguze Burger nini wongezwa ’Milkshake’ cyangwa se ’Cappucino’. Ubuyobozi bwa Monaco... Read more »

Hashingiwe ku myanzuro y’inama y’Abaminisitiri yabaye tariki ya 29 Nyakanga yemeje ko ingendo zo mu ndege zisubukurwa tariki ya 1 Kanama 2020. Ni muri urwo rwego Polisi y’u Rwanda ikangurira abazajya bakora ... Read more »

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Nzeri nibwo Polisi y’u Rwanda yashyikirije imfizi y’inka abaturage bo mu karere ka Nyamagabe yari yarabemereye. Abaturage bayishyikirijwe ni abatuye mu mudugudu wa Sebukiniro mu... Read more »