
Mu mpera z’icyumweru gishize ku munsi wa Kane tariki ya 13 nibwo abahanzikazi Charlotte Rulinda na Muhoza Nina bagitze itsinda rya Charlly na Nina batumiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’umuherwekazi jacki aho bagaragarijwe urukundi n’abandi bahanzi bari batumiwe harimo na Diamond .
Nkuko bigaragara mu mafoto yagiye ashyira ku mbuga nkoranyambaga z’ibyamamare byari byatumiwe muri uwo muhango benshi bagiye bagaragaza ibyishimo batewe nabo bakobwa ba banyarwandakazi bakomeje kwigarurira imitima ya benshi hano mu karere ka Afurika y’iburasirazuba cyane cyane mu gihugu cya Uganda .
Ibyo birori byamaze iminsi itatu byari byatumiwemo abahnzi bakomeye mur gihugu cya Uganda Nka Geosteday naho muri Tanzaniya hari haturutseyo Ali Kiba waje mu minsi ya mbere naho ku munsi wa Nyuma haje umuhanzi Diamond ari nabwo yahahuriye na Chalry na Nina Ubwo baririrmbaga maze yanaga guhisha imbamutima ze akifantana na bandi baraho bakabyina indirimbo zabo kakahava .
292 total views, 1 views today