Dr Scientific yashyize hanze indirimbo Birashyuha mu rwego rwo kwifuriza abakunzi be Noheli Nziza

Sibomana Jean Bosco wamenyekanye nka  Dr Scientific  ni  umuhanzi ubarizwa mw’itsinda  rya The Legends  yashyize hanze indirimbo yise Birashyusha  mu rwego rwo kwifuriza abanyarwanda Noheli Nziza  Ndetse n’umwaka mushya wa 2020

Uyu mugabo wakunzwe mu ndirimbo nyinshi zitandukanye ndetse no mujyana nka afrobeat ndetse na Gakondo  ubwo yatugezaho iyi ndirimbo  yadutangarije ko  indirimbo  Birashyuha  yayikoze  mu rwego rwo  kugira  uyu  mwaka yishimira ko yageze kuri byinshi  muri muzika ye ndetse  no mu buzima  busanzwe .

Tumubajije  Impamvu yishye Birashyuha  ytubwiye ko  muri iyi  minsi  ibintu byose  bisigaye  byiruka cyane  ikindi  iyo ndirimbo irimo  ubutumwa  butandukanye  ku rubyiruko rw’iki gihe .

Mu gusoza Dr Scientific yatubwiye  ko  iyi  ndirimbo yayikoze kugira  ngo asoze umwaka ashimisha abakunzi be  kandi abizeza ko  akazi kagihari gakomeye kandi azakomeza akabakorera  ibihnagano  byhinshi kandi byiza akaba yabatuye  iyi ndirimbo Birashyuha mu gihe bari  kwizihiza iminsi  mikuru ya Noheli  n’umwaka  mushya wa 2020.

Iyi ndirimbo mu buryo bw’amajwi yakozwe na Producer Laser Beat on the beat

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *