Imibyinire idasanzwe ya Asinah mu gitaramo yakoreye muri Diamond Club I huye yatunguye benshi (Amafoto)

Mu Ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 19 Mata 2019 umuhanzikaziAsinah Erra aherekejwe na Jack B bakoze igitaramo cy’amateka  bari bise Deshire party cyabereye mu kabyiniro gakunzwe I Huye  kazwi nka Diamond Club .

Kw’isaha ya saa sita  nibwo Abahanzi Asinah ,Jack B n’itsinda rinini ririmo abanyamakuru ndetse na Dj Anita  basesekaye mu mugi wa Huye aho bari bategerejwe n’abantu benshi  cyane ku kabyiniro ka Credo Hotel

Bakihagera  Anita Pendo uzwi nk’umushyushyarugamba akaba numwe mu badj Bakomeye mu Rwanda yahamageye Umuhanzi Jack B ku rubyiniro mu mbyino ze nyinshi zimuzwiho atangira gushimisha abaraho maze amashyi barayamuha koko mu ndirimbo ze nka Diaspora,Ndabaruta, Mumparire, Ibara Ryera  yabyinnye karahava aho yaje kuva ku rubyiniro ubona abantu batabishaka.

Muri icyo gitaramo  byagaragaye ko uyu mukobwa ukora injyana ya Dancehall byagaragaye ko yati yiteguwe  byo mu rwego rwo hejuru kabone ko ubwo yageraga ku rubyiniro ahagana kw’isaha saa saba n’igice abantu bari bakubise buzuye maze nawe mu ndirimbo ze Mapenzi,Irijoro,Game Over n undi wowe  nizindi nyinshi  yabyinishije umubiri we wose ndetse  biza kurangira bamwe  mu bari aho kwihangana  birabannaira maze  bamusanga ku rubyinniro baramubyinisha karahava . Nyuma yo kuva ku rubyiniro Dj Anita Pendo washimishije abantu aho nawe yakomeje kuvangavanga umuziki  ari nako aganiriza abri bitabiriye icyo gitaramo yaje  guhamagara umuhanzi Dee Rugs wanakoranye na Asina

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *