Intambara y’amagambo hagati ya Zari na Hamissa Mobeto yongeye kuba ndende

Mu mezi atarenga  7  zari atandukanye  n’uwari umugabo  we  akaba na se  w’abana be babiri  Diamond platnumz  nibwo hatangiye guhuhwisa ko  uyu mugabo yaba yarahise ajya mu  mu rukundo na Diamond bikab aribyo byatumye aba bombi batandikana .

Uyu muherwekazi nyuma  yo kumva amagambo nkayo byamuniye kwihanga  gukomezwa kubabazwa n’uyu mukobwa  Hamisa Mobetto kugeze ubu iyo abonye hari ikintu gituma  avuga amagambo kuri we  batukana kakahava .

Ubwo uyu mukobwa yizihizaga isabukuru ye y’amavuko  y’imyaka 28   Zari yerekeje mu mugi wa Londre maze Polisi iza kumufata maze  Hamissa asakaza  inkuru  ko bamufunze kubera guhindura Imyaka  no gukoresha impapuro  mpimbano .

 

Zari nawe abinyujije  ku rubuga rwe rwa snapchat  yagize ati “Urakoze Nyagasani ku isabukuru yanjye y’amavuko. Indi ndaya itagira aho ibarizwa yashyize hanze impapuro zanjye za Leta. Wa ndaya we ni muri 1980 wabyemera utabyemera. Nafunzwe umunsi wose ku mpamvu z’ubwenegihugu. Nshimishijwe no kongera gutuma udasinziraho amajoro macye bwahaha… imyaka 43 ntisa nanjye.”

Intambara hagati ya Zari na Kamisa ku mbuga nkoranyambaga imaze igihe kitari gito, ariko bisa nkaho Zari ari kuyitsinda bitewe no gushyigikirwa na Diamond Platnumz.

Ni mu gihe Diamond aherutse gufata iya mbere mu kwifuriza Zari isabukuru nziza y’imyaka 38 amaze avutse, isabukuru yabaye ku wa 23 Nzeri.

Mu butumwa burebure yanditse, Diamond yashimiye uyu mugore kuba yaramubyariye abana babiri beza, ndetse amuhamiriza ko ibyaba byose azahora amwubaha kandi atazigera amuvuga nabi.

Nsanzabera Jean Paul

www.kigalihit.rw

 

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *