Irene Ntale wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo yatangaje ko amufitiye ubutumwa

Umuhanzikazi Irene Ntale  wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo unazwiho kuba yarasinye amasezerano yinginze umugabo ngo amushake  kuko  amufitiye  ubutumwa .

Uyu muhanzikazi wahoze  mu nzu ifasha abahanzi ya swangz Avenue abinyujije  mbuga  nkoranyambaga ze  by’umwihariko ku rukuta rwe rwa Twitter uyu muhanzikazi yashizeho ubutumwa  bwatumye  benshi  mu bamukurikira bibaza  bibaza ubutumwa yifuzaga guha  uwahoze ari umugabo Eddy Kenzo.

Ni  mu gihe mu minsi ishize Eddy Kenzo   yasohoye indirimbo  yise Semyekozo aho  yifuza uko yakongera akabona umutima yakunze , inshuti ye akunda mbere y’’impera  z’umwaka wa 2020 anifuza ko we nuwahoze ari umukunzi baba barasubiranye ,Kugeza ubu benshi bakomeje kwibaza  niba ari Irene Ntale yashakaga kubwira .

Umwe  mubakurikira Uyu mugore yabwiye  Eddy Kenzo  ko ubu ashatse yagira vuba akumva  ubutumwa uyu wahoze ari umugore we yas.hize kuri twiiter ye ibi ibaye mu gihe aba bombi rwose nubwo  batandukanye  burya ari inshuti zikomeye cyane .

Facebook Comments
Share Button

auto ads

Recommended For You

About the Author: Nsanzabera Jean Paul

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *