
Umuhanzikazi Irene Ntale wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo unazwiho kuba yarasinye amasezerano yinginze umugabo ngo amushake kuko amufitiye ubutumwa .
Uyu muhanzikazi wahoze mu nzu ifasha abahanzi ya swangz Avenue abinyujije mbuga nkoranyambaga ze by’umwihariko ku rukuta rwe rwa Twitter uyu muhanzikazi yashizeho ubutumwa bwatumye benshi mu bamukurikira bibaza bibaza ubutumwa yifuzaga guha uwahoze ari umugabo Eddy Kenzo.
Ni mu gihe mu minsi ishize Eddy Kenzo yasohoye indirimbo yise Semyekozo aho yifuza uko yakongera akabona umutima yakunze , inshuti ye akunda mbere y’’impera z’umwaka wa 2020 anifuza ko we nuwahoze ari umukunzi baba barasubiranye ,Kugeza ubu benshi bakomeje kwibaza niba ari Irene Ntale yashakaga kubwira .
Umwe mubakurikira Uyu mugore yabwiye Eddy Kenzo ko ubu ashatse yagira vuba akumva ubutumwa uyu wahoze ari umugore we yas.hize kuri twiiter ye ibi ibaye mu gihe aba bombi rwose nubwo batandukanye burya ari inshuti zikomeye cyane .