K John Owakabi na bahanzi bihurije hamwe bashyize amashusho y’Indirimbo Indorerwamo hanze

Kalisa John uzwi nka Kjohn  ni umwe  basore  bakunze  gufasha  cyane abahanzi ndetse no gutegura ibitaramo bitandukanye  mu tubyiniro dutandukanye  hano muri Kigali  yashyize amashusho y’Indirimbo  Indorerwamo Yakoranye na Mico The best , Mani Martin, Yemba Voice , Jay C , Green P , M1 ,Mr Kagame .

Muri iyi ndirimbo humvikanamo ubutumwa  butaka umukobwa  mwiza   ufite uruhu rw’umwimerere aho  bamushimira kuba atarihinduye uruhu  bigatuma benshi mu basore iyo bamubonye bamubonamo ubwiza buhebuje .

Mu kiganiro na Kalisa John yatangarije kigalihit ko  uyu mwaka   afite gahunda  nyinshi zo guhuriza abahanzi  hamwe bagakora indirimbo  nyinshi zifatika .

Iyi ndirimbo ifite iminota ine n’amasegonda 25’. Mu buryo bw’amajwi iyi ndirimbo “Indorerwamo” yakozwe na Producer Laser Beat mu gihe amashusho yayo yo yakozwe na AB Godwin.

Loading

Facebook Comments
Share Button

Subscribe now

k

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *