Live Miss Rwanda 2019 : Kurikirana uko Umuhango wo gutora ba Nyampinga 20 bagomba kujya Muri Boot camp (Amafoto

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05 Mutarama 2019 nibwo hagiye kumenyakana abakobwa  20 bari bukomeze  mu cyiciro kibaganisha mu mwiherero mu gihe abandi 17 barahita basezererwa .

Tubibutse ko iri rushanwa ryatangiye kw’itariki  ya 15 ukuboza 2018 ritangirira mu ntara y’amajyaruguru  ,  kw’itariki ya 16 hakurikiyeho intara y’iburengerazuba  nayo yaje gukurikirwa n’intara y’amajyepfo  kw’itariki ya 22  naho kw’itariki ya 23 Ukuboza  hakurikiraho  intara y’iburasirazuba  aho hose hakaba haragiye hava abakobwa bazahagarari izo ntara , umujyi wa Kiagli niwo waje ku  mwanya wa Nyuma  kw’itariki ya 29  ukuboza 2018

Kw’itariki ya 03 Mutarama 2019 nibwo  kun tare Arena  I Rusororo abakobwa bose uko 37 batomboye numero  bazakorea  biyamamaza ndetse  banatorerwaho aho kuri uwo munsi  amatora kuri murandasi yahise atamgira akaba yararangiye umukobwa witwa Mwiseneza Josiane ariwe uyoboye abandi aho ahabwa amahirwe yo guhita akomeza mu cyiciro gikurikira   nta nkomyi .

Kurikira uko byifashe ubu I Gikondo  ahabera expo

kw’isaha ya Saa Kumi n’ebyiri abakobwa bose uko ari 37 bageze ahagiye kubera igikorwa cyo kubahitamo abafana ni benshi ku mpande zose ibyapa bamanitse ibintu birashyushye hano

Kw’isaha ya saa kumi n’ebyiri Dj Ira akomeje gushyushya abafana benshi nabo bari kwerekana ubuhanga bizeye kuri buri mukobwa baje gufana babyina ndetse banazamura ibyapa bibabamamaza .

1

19:00 : umunyamakuru Nzeyimana luckman atangije ibirori biri guca kuri televiziyo y’U rwanda ako kanya avuga uko urugendo rwo gutora ba nyampinga mu ntara zose rwagenze ahita ahamagara umushyushyarugamba Ally Soudy nawe uhise avuga akanama Nkemurampaka kagizwe na Umurerwa Evelyne, Umutesi Jolly na Rusaro caline .

ibintu bihinduye isura ubwo abakobwa batangiraga kwiyerekana abafana bose bari gutuma ibintu bimwe bitumvikana bararusha indangururamajwi urusaku buri wese arafana uwo yatoye .

Saa Moya na cumi n’umunani nibwo umukobwa wa Mbere ageze imbere y’akanama nkemurampaka


1.Uwase Claudine yize amateka ahagarariye  intara y’amajyepfo  niwe ubanjirije abandi  ahisemo kubazwa  mu Kinyarwanda .

2.uwimana mucyo Triphine ahagaraiye intara y’uburengerazuba

4.Ishimwe Bella yize imibare , ubugenge n’ubunyabuzima akaba yarabaye Miss Elegance

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *