Nahohotewe n’umugabo wa Mama nkiri muto “ Ellen Degeneres

Umuyobozi w “ikiganiro  The  Ellen Show  akaba n’umukinnyi ukomeye  wa Sinema  Ellen Lee DeGeneres ni umugore  wamamamye  cyan ekubera icyo  kiganiro cye atumira abantu bakomeye barimo abayobozi muri amerika  ndetse n;Ibyamamare.

Uyu Mugore wibanira na Mugenzi w’umugore ni mu bagore bakunzwe cyane muri amerika kubera  icyo kiganiro cye mu minsi ishize ubwo yari mu kiganiro  yatangaje ukuntu  yigeze kujya ahohoterwa n’umugabo  wa Nyina yanagerageza kubitangariza umubyeyi we ntabyemere.

Yagize  ubwo nari  mfite imyaka hagati ya 15 na  17  nibwo umugabo wa mama wanjye  yatangiye kujya akora ibyo  bikorwa bikojeje isoni  kuko icyo gihe Mama we yari arwaye  Kanseri yo mw’ibere.

Uwo mugabo yamubwiraga ko mama afite ikibazo mu mabere  biyo nawe  agashaka  kumwimvira ko nawe icyo kibazo  nawe atab agifite kugira ngo bamujyane kwa Muganga kumupimisha iyo kanseri


Ibyo ariko ngo ntibyabaye rimwe, kuko yahiraga yongera kumubwira ko ashaka kumwunvira mu mabere ko nta burwayi burimo, kugeza ubwo yashatse kumusanga mu cyumba araramo  ariko undi anyura mu idirishya arahunga. Nyuma yaho ngo yakomeje kwicecekera ariko aza gufata umwanzuro wo kubibwira nyina, ariko ngo ntawe ntiyigeze yemera ko yaba ari kumubwiza ukuri, ku buryo yagumanye n;uwo mugabo indi myaka 18.

Ellen yavuze ko ubu buhamya yabutanze mu rwego rwo kubwira abana b’abakobwa ko nta muntu n’umwe ufite uburenganzira bwo kubakorera ibikorwa nk’ibyo, icyo yaba yitwaje cyose.

Bimwe mu biganiro bya The Ellen Show harimo icyo yatumiye Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Barack Obama n’Umugore we Michelle Obama , Umunyarwenya Kevin Hart na benshi bakomeye ndetse tutibagiwe nicyo yerekanyemo uko urugendo rwe rwagenze ubwo yasura Ingagi zo Mu Birung by’U Rwanda I Musanze .

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *