
Umuyobozi w “ikiganiro The Ellen Show akaba n’umukinnyi ukomeye wa Sinema Ellen Lee DeGeneres ni umugore wamamamye cyan ekubera icyo kiganiro cye atumira abantu bakomeye barimo abayobozi muri amerika ndetse n;Ibyamamare.
Uyu Mugore wibanira na Mugenzi w’umugore ni mu bagore bakunzwe cyane muri amerika kubera icyo kiganiro cye mu minsi ishize ubwo yari mu kiganiro yatangaje ukuntu yigeze kujya ahohoterwa n’umugabo wa Nyina yanagerageza kubitangariza umubyeyi we ntabyemere.
Yagize ubwo nari mfite imyaka hagati ya 15 na 17 nibwo umugabo wa mama wanjye yatangiye kujya akora ibyo bikorwa bikojeje isoni kuko icyo gihe Mama we yari arwaye Kanseri yo mw’ibere.
Uwo mugabo yamubwiraga ko mama afite ikibazo mu mabere biyo nawe agashaka kumwimvira ko nawe icyo kibazo nawe atab agifite kugira ngo bamujyane kwa Muganga kumupimisha iyo kanseri
Ibyo ariko ngo ntibyabaye rimwe, kuko yahiraga yongera kumubwira ko ashaka
kumwunvira mu mabere ko nta burwayi burimo, kugeza ubwo yashatse kumusanga mu
cyumba araramo ariko undi anyura mu idirishya arahunga. Nyuma yaho ngo
yakomeje kwicecekera ariko aza gufata umwanzuro wo kubibwira nyina, ariko ngo
ntawe ntiyigeze yemera ko yaba ari kumubwiza ukuri, ku buryo yagumanye n;uwo
mugabo indi myaka 18.
Ellen yavuze ko ubu buhamya yabutanze mu rwego rwo kubwira abana b’abakobwa ko nta muntu n’umwe ufite uburenganzira bwo kubakorera ibikorwa nk’ibyo, icyo yaba yitwaje cyose.
Bimwe mu biganiro bya The Ellen Show harimo icyo yatumiye Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Barack Obama n’Umugore we Michelle Obama , Umunyarwenya Kevin Hart na benshi bakomeye ndetse tutibagiwe nicyo yerekanyemo uko urugendo rwe rwagenze ubwo yasura Ingagi zo Mu Birung by’U Rwanda I Musanze .