
Umukinnyi w’ikipe ya Paris Saint Gérmain Neymar Junior ari kunegwa na bagenzi be bakinana mu Psg Nym ayaho mu cyumweru gishize ubwo bitabira umuhango wa gutanaga ibihembo by’abakinnyi babigize umwuga muri shampiyona yo mu Bufaransa aho mugenzi Kylian Mbappe ariwe waje kwegukana ibihembo bibiri byose .
Ubwo abandi bakinnyi bose bakinana bari bitabiriye uwo muhango uyu Munyabrezil we yafotowe ari kwiryohereza n’icyamamare kazi Rihanna wari mu kabyiniro kamwe gakomeye I Paris Kitwa The Boum Boum” yitabiriye ibirori Rihanna yamurikagamo ibikorwa bye ndetse hasakazwa .
Neymar Junior nubwo yafashije ikipe ye ya Paris saint Gérmain kwegukana igikompe cya Shampiyona we nta gihembo yigeze yeguka muri ibyo bihembo bihabwa bakinnyi bitwaye neza muri shampiyona y’ubufaransa izwi nka Ligue 1 .

Uyu musore bimwe mu byatumye ategukana ibyo bihembo ni imvune yamaranye igihe kinini ariko gusa yaje ku rutonde rw’abakinnyi batiranyijwemo Ikipe y’Umwaka muri shampiyona y’ubufarans Aho Ikipe ye ya PSG ibafitemo ari barindwi : Marquinhos, Thiago Silva, Angel Di Maria, Marco Verratti, Neymar ndetse na Mbappe.