Neymar Junior aranegwa na bagenzi be nyuma yo kutitabira Ibirori bya Psg akajya kwiryohereza na Rihanna

Umukinnyi w’ikipe ya Paris Saint Gérmain Neymar Junior  ari kunegwa na bagenzi be  bakinana mu Psg Nym ayaho mu cyumweru gishize ubwo bitabira umuhango wa  gutanaga ibihembo by’abakinnyi babigize umwuga muri shampiyona yo mu Bufaransa  aho mugenzi  Kylian Mbappe   ariwe waje kwegukana ibihembo bibiri byose .

Ubwo abandi bakinnyi bose bakinana bari bitabiriye uwo muhango uyu Munyabrezil we yafotowe ari kwiryohereza  n’icyamamare kazi Rihanna wari mu kabyiniro kamwe gakomeye I Paris Kitwa The Boum Boum” yitabiriye ibirori Rihanna yamurikagamo ibikorwa bye ndetse hasakazwa .

Neymar Junior nubwo yafashije ikipe ye ya Paris saint Gérmain  kwegukana igikompe cya Shampiyona  we nta gihembo yigeze yeguka  muri ibyo  bihembo bihabwa bakinnyi bitwaye neza muri shampiyona y’ubufaransa izwi nka Ligue 1 .

Uyu musore bimwe mu byatumye ategukana ibyo bihembo  ni imvune yamaranye igihe kinini ariko gusa  yaje  ku rutonde rw’abakinnyi batiranyijwemo Ikipe y’Umwaka  muri shampiyona y’ubufarans  Aho Ikipe ye ya PSG ibafitemo ari barindwi : Marquinhos, Thiago Silva, Angel Di Maria, Marco Verratti, Neymar ndetse na Mbappe.

auto ads

Recommended For You

About the Author: Kigalihit

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *