Ntuzifuze kuryamana n’umukobwa umeze atya atari umugore wawe kuko wahita utwarwa burundu

Burya mu bintu biza ku isonga mu gutuma igitsinagabo gihora gitekereza igitsinagore ni imibonanompuzabitsina. Ibi bibaho cyane rero iyo aba bombi bahuye hagati yabo biyumvamo urukundo rwinshi bigaherekezwa no kunyurwa ndetse no kuryoherwa n’igikorwa cy’imibonanompuzabitsina, bitewe n’uko iba yabagendekeye neza cyane. Ni ho uzasanga umwe ahoza agatima ku wundi bitewe n’uko aba yumva bakigumanira ngo bihorere mu munyenga bk’uwo barimo.

Kuri iyi nshuro umusomyi.com turakugira inama yo kwirinda kurongora umugore utari uwawe kuko bishobora kukubera impamvu nyamukuru yo kwisenyera. Ibi bishatse kuvugako iyo umugabo yagiye gusambana, hari ubwo ahura n’umugore uryoshya imibonanompuzabitsina, bigatuma ahora amugereranya n’umugore we ku buryo byatuma atamukuraho agatima ntabe akifuza kurongora umugore we, ndetse akumva azanyurwa ari uko abonanye na wa wundi wamuryohereje.

Burya rero mu mibonano mpuzabitsina umugore unyara ni ingenzi cyane,ubushakashatsi bugaragaza ko umugore utanyara yandura kandi yakanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina mu buryo bworoshye.

Usibye no kuba kunyara bituma imibonano mpuzabitsina iryoha kurushaho kandi ikagenda neza, ni n’uburyo bwo kwirinda gukomeretsanya ku mpande zombi mu gihe cy’akabariro.

Hari ibimenyetso ushobora kurebesha amaso ku mukobwa/umugore ukamenya ko afite amazi (Anyara) mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Umukobwa ufite ku kiziba cy’inda habyimbye : umwanditsi J.R Ward mu gitabo cye yise “Dark Lover” yagaragaje ubushakashatsi bwakozwe ku bakobwa bafite ku mukobwa ufite ku kiziba cy’inda habyimbye bwemeje ko 69% baba bafite amavangingo menshi.

Mu kugenzura bene uyu mukobwa umuntu yirinda kubyitiranya n’umukobwa utwite inda y’amezi make cyangwa wazanye inda kubera kunywa amayoga y’amoko menshi.

Bene uyu mukobwa we aba afite akantu kabyimbye ku kiziba cy’inda kandi ari ko ateye aba atandukanye n’uwo ufite inda kubera izindi mpamvu, bityo bikaba bigoye kumenya uyu mukobwa mu gihe yaba yarazanye inda kubera ayo mayoga cyangwa kubera ko atwite kandi asanzwe afite iyi y’umwimerere w’abafite amazi. Umukobwa rero uzasangana ibi bimenyetso, ntuzashake kuryamana na we atari umugore wawe kuko aba yihariye mu kuryoshya imibonanompuzabitsina, ushobora kwisanga yarakwigaruriye wese.

  • Umukobwa uhora akonje:
    Uku gukonja ugutandukanye no kugira imbeho ahubwo uyu mukobwa kabone n’iyo izuba ryaba ririkubva cyane umukoraho we ukumva wagira ngo yari muri firigo nyamara we akakubwira ko nta mbeho afite.
  • Umukobwa ufite hagati y’amaguru hafatanye: Ubushakashatsi bwakozwe hagamijwe gutunganya tumwe mu duce twa firime mbarankuru yerekeye imibonano mpuzabistina yitwa “Sex Slaves” bwerekanye ko umukobwa udafite umwanya hagati y’amaguru ko ku gitanda ari nk’isumo. Ibi ariko ubireba umuturutse inyuma kuko abenshi ubona hejuru y’amavi he haba harimo umwanya ariko we akaba aba ari ntawo afite.
  • Umukobwa ufite umubiri worohereye:Ubusanzwe abakobwa benshi bagira imibiri yorohereye,gusa uyu we aba afite umubiri utitira wagira ngo ni isashi irimo amazi. Bene abana bakobwa baba bafite imisemburo myinshi (Hormones) yo mu bwoko bwa “Oestrogen” itumauruhu rwabo ruhorana itoto kandi rukoroha cyane
  • Umukobwa ufite ibicece kandi atabyibushye: Akenshi abakobwa bagira ibicece batabyibushye baba bafite imisemburo myinshi yo mu bwoko bwa “Insulin” ituma babyibuha. Usanga no mugihe cy’imibonano mpuzabitsina bagira ububobere bwinshi ndetse n’amavangingo menshi kubera ko baba bafite imisemburo myinshi ya Androgene na Estrogen igira uruhare mu kugira ubshake bw’imibonano mpuzabitsina.
  • Ubwoya bwinshi ku mubiri: kugira ubwoya bwinshi ku mubiri bisobanura ko aba afite imisemburo myinshi. Umukobwa ufite ubu bwoya aba afite nawe imisemburo myinshi akenshi idakukunda kuburamo igira uruhare mu ikorwa ry’amavangingo aboneka mu gihe cy’akabariro.

Si ngombwa ko umukobwa aba yujuje ibi bimenyetso byose, kimwe cyonyine kirahagije kugira ngo uhite umumenya

auto ads

Recommended For You

About the Author: mc dammy emmanuel

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *